Inteko ishinga amategeko y’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru yanzuye ku bwiganze ko iyi Ntara ikomeza kuyoborwa n’abasirikare, ikaguma mu bihe bidasanzwe bita état de siege. Ibi bihe...
Mu mujyi wa Nguli muri Gurupema ya Bukennye muri Teritwari ya Lubelo haravugwa ubwicanyi bwakozwe n’abarwanyi ba ADF buhitana abantu benshi, abandi barashimutwa. Ubwicanyi bwa ADF...
Amakuru atanganzwa n’abanyamakuru ku giti cyabo ndetse n’urubuga rw’ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye avuga ko abarwanyi ba M23 bavuye mu bice byinshi bari barigaruriye. Bimwe muri byo byahise...
Mu Ntara ya Tanganyika, Telitwari ya Kalemie haravugwa igitero cy’umutwe w’inyeshyamba z’Abatwa bagabye bakoresheje imiheto n’imyambi bagahitana umugore, bagatwika za nyakatsi kandi hagakomereka abantu benshi. Uwo...
Inama yaraye ihuje Abakuru b’ibihugu byo mu Burasirazuba bw’Afurika yabereye Addis Ababa yanzuye ko imitwe yose yitwaje intwaro igomba gusubira inyuma ikava aho yafashe bitarenze taliki...