Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwarekuye by’agateganyo abakozi b’Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima, RBC, bakurikiranwagaho gutanga isoko rya miliyari eshatu z’amafaranga y’u Rwanda (Miliyari Fw 3)k’umukozi mugenzi wabo. Ni...
Perezida Paul Kagame yasabye bagenzi be bafatanyije kuyobora ibihugu by’Afurika ko muri Politiki zabo n’ingengo y’imari bagenera za Minisiteri, bagombye kongera n’imikoranire yazo na Kaminuza. Avuga...
Nyuma y’uko mu Karere ka Muhanga abacuruzi bubakiwe isoko ariko ntiriremye, ubu mu Karere ka Karongi n’aho haravugwa isoko ryubakiwe abari basanzwe ari abazunguzayi, ariko ntibarirambyemo...
Mu gihe ibiciro by’ibiribwa n’ibinyobwa hafi ya byose byazamutse mu giciro, amata niyo yari akiboneka ku giciro umuntu yakwita ko kiringaniye. Icyakora muri iki gihe abatuye...
Mu Karere ka Muhanga hari inkuru ivuga ko abaturage bUbakiwe isoko banga kurirema. Iki ni kimwe mu byerekana ko umuturage w’u Rwanda yagombye kujya abanza kugishwa...