Imibare itangwa n’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe kohereza hanze ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, itangaza ko mu cyumweru gishize, u Rwanda rwohereje muri Repubulika ya Demukarasi ya...
Ku isoko mpuzamahanga ry’amabuye y’agaciro hari ikibazo bamwe babona ko kizagira ubukana mu mwaka wa 2023. Ni ukubura kwa zahabu, rimwe mu mabuye y’agaciro afitiye inganda...
Mu karere ka Kirehe hari isoko ryambukiranya imipaka rimaze imyaka itanu ryuzuye ariko ntirirema. Ni isoko riri ku Rusumo ku mupaka uhuza u Rwanda na Tanzania....
Mu Karere ka Ngororero haherutse gufatirwa abaturage barindwi bari bafite ibuye ry’agaciro rya Lithium bacukuye bidakurikije amategeko. Ryapimaga toni 1 n’ibilo 390. Bafashwe k’ubufatanye n’inzego z’ibanze...
Bimwe mu biribwa byatangiye kugabanuka mu biciro harimo ibishyimbo byitwa Shyushya, byavuye ku Frw 1500 ku kilo bigera kuri 720Frw, ibishyimbo byitwa Mutiki biva ku Frw...