Kuri Kigali Pélé Stadium habereye inama yahuje ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali, abamotari hafi ya bose bo muri uyu Mujyi, RURA na Polisi y’u Rwanda. Umujyi wa...
Mu Gasyata mu Karere ka Nyarugenge ahitwa ku Bigega bya Essence hari moto zigera ku 160 n’imodoka zirenga 40 zaraye zifashwe na Polisi kubera kudacana amatara...
Polisi y’u Rwanda, mu bukangurambaga bwa Gerayo Amahoro, yabwiye abatwara ibinyabiziga ko bakwiye kwatsa amatara ayo ari yo yose mu gihe cyagenwe. Babwiwe ko amatara ku...
Ubuyobozi bwa Airtel Rwanda bwatangaje ko bugiye gutangira gufasha Polisi kumenyekanisha ibyiza byo kwirinda impanuka muri Gerayo Amahoro binyuze mu mbugankoranyambaga zayo. Iki cyemezo cyafashwe na...
Umuvugabutumwa witwa Apostle Mignone Kabera uyobora Umuryango Women Foundation Ministries avuga ko Imana yaremye umugore kugira ngo abe icyuzuzo cy’umugabo kandi bose babikore mu nyungu zabo...