Mu masaha y’ijoro ryakeye abarwanyi b’Umutwe wiyise Bataka-Katanga bagabye igitero ku basirikare ba Repubulika ya Demukarasi ya Kongo bicamo bane n’abaturage 11 bo muri Lubumbashi. Aya...
Perezida Felix Tshisekedi yahaye imbabazi abantu bose bahamijwe uruhare mu rupfu rwa Laurent- Desiré Kabila wayoboye Repubulika ya Demukarasi ya Kongo guhera muri 1997 kugeza muri...
Joseph Kabila ari kwisuganya, yegeranya ibitekezo byo kumufasha kurema irindi huriro rifite ingufu kurusha FCC kugira ngo akome mu nkokora inkubiri yatangijwe na Perezida Tshisekedi igamije...
Mu masaha ya mu gitondo kuri uyu wa Gatanu, taliki 11, Ukuboza, 2020 nibwo Joseph Kabila Kabange wahoze ayobora Repubulika ya Demukarasi ya Kongo yuriye indege...
Kuri uyu wa Kabiri taliki 08, Ukuboza, 2020 mu Nteko ishinga amategeko ya DRC habereye ubushyamirane hagati y’Abadepite bo ku ruhande rwa Kabila n’abo ku rwa...