Perezida Kagame yohereje Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr Edouard Ngirente ngo ajye kumuhagararira mu muhango wo gusezera kuri Mwai Kibaki wahoze ayobora Kenya akaba aherutse gutabaruka...
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yafashe mu mugongo abaturage ba Kenya kubera urupfu rwa Mwai Kibaki watabarutse afite imyaka 90 y’amavuko. Kibaki yapfuye azize uburwayi yari...
Emilio Stanley Mwai Kibaki wigeze kuyobora Kenya yatabarutse kuri uyu wa Gatanu taliki 22, Mata, 2022. Yazize uburwayi. Kibaki yavutse taliki 15, Ugushyingo, 1931. Yakoze mu...