Nyuma y’uko hashyizweho Guverinoma nshya muri Libya iyobowe na Abdelhamid al-Dabaiba ibihugu bikomeye byatangiye kuyishakaho umubano. U Bushinwa nabwo bwanze kuhatangwa. Umubano ibihugu bikize bishaka kugirana...
Nibwo bwa mbere guhera muri 2013 ubwo Boko Haram yatangiraga guteza umutekano muke, ivuzweho gukorana n’undi mutwe ngo bahirike ubutegetsi bw’i N’Djamena. Abarwanyi b’uyu mutwe baravugwaho...
Komiseri w’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe (AU) ushinzwe ubuzima n’ibikorwa by’ubutabazi, Amira Elfadil, yavuze ko barimo kureba uko bakongera amasezerano n’u Rwanda, ngo rukomeze kwakira impunzi...
Minisiteri Ishinzwe Ibikorwa by’ubutabazi yatangaje ko ibikorwa byo gukingira icyorezo cya COVID-19 byakomereje mu nkambi z’impunzi, haherewe ku zakiriwe ziturutse muri Libya. Ni gahunda ikomeje yo...