Inkuru ya Tahani (izina rye ryahinduwe ku bw’umutekano), ni imwe mu zigaragaza ubuzima bushaririye abashakisha ubuhungiro bari baraheze muri Libya nyuma bakaza kwakira mu Rwanda, baciyemo....
Guverinoma y’u Rwanda yavuze ko nta masezerano yemeranyijweho yo kwakira abakeneye ubuhungiro muri Denmark, nk’uko bikomeje kugarukwaho mu binyamakuru bitandukanye muri icyo gihugu. Mu minsi ishize...
Nyuma y’uko hashyizweho Guverinoma nshya muri Libya iyobowe na Abdelhamid al-Dabaiba ibihugu bikomeye byatangiye kuyishakaho umubano. U Bushinwa nabwo bwanze kuhatangwa. Umubano ibihugu bikize bishaka kugirana...
Nibwo bwa mbere guhera muri 2013 ubwo Boko Haram yatangiraga guteza umutekano muke, ivuzweho gukorana n’undi mutwe ngo bahirike ubutegetsi bw’i N’Djamena. Abarwanyi b’uyu mutwe baravugwaho...
Komiseri w’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe (AU) ushinzwe ubuzima n’ibikorwa by’ubutabazi, Amira Elfadil, yavuze ko barimo kureba uko bakongera amasezerano n’u Rwanda, ngo rukomeze kwakira impunzi...