Nicolas Sarkozy na François Hollande bigeze kuyobora u Bufaransa batumiwe mu muhango wo kurahira kongera kuyobora u Bufaransa ugiye gukorwa na Emmanuel Macron. Ari Macron ari...
Perezida w’u Bufaransa uherutse kubitorerwa Emmanuel Macron azarahira mu mpera z’iki Cyumweru taliki 07, Gicurasi, 2022 nibwo azarahirira inshingano zisubiyemo zo kuyobora u Bufaransa. Ikinyamakuru cyandikirwa...
Mu Bufaransa hari amakuru avuga ko hari umugore witwa Véronique Bédague ari we umaze iminsi yegerwa n’Umunyamabanga mu Biro by’Umukuru w’igihugu witwa Alexis Kohler ngo azabe...
Ku rukuta rwa Twitter rwa Perezida Paul Kagame yanditseho ko yishimiye intsinzi ya mugenzei we Emmanuel Macron wongeye gutorerwa kuyobora u Bufaransa. Emmanuel Macron yaraye ahigitse...
Byaraye byemejwe bidasubirwaho ko Emmanuel Macron yongeye gutorerwa kuyobora u Bufaransa mu yindi manda y’imyaka itanu. Mu Bwongereza bavuga ko bizatanga amahirwe ko Londres iganira na...