Amajwi amaze kubarurwa mu biyamamariza kuyobora u Bufaransa kugeza ubu, arerekana ko Emmanuel Macron ari imbere, agakurikirwa na Marine Le Pen. Macron afite 27,6% n’aho Le...
Mu gihe kuri iki Cyumweru taliki 10, Mata, 2022, Abafaransa bazatora uzabayobora mu yindi myaka itanu, imibare y’agateganyo irerekana ko Emmanuel Macron ari we uri imbere...
Ibiro Ntaramakuru by’u Bufaransa bivuga ko Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda General Jean Bosco Kazura yaraye ahuye na mugenzi we uyobora iz’u Bufaransa witwa General Thierry...
Inyandiko ikubiyemo ubutumwa Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yagejeje ku Bafaransa abamenyesha imigambi afitiye igihugu cye nibongera kumutora, yavuze ko icyo ashaka ari uko u Bufaransa...
Iyicwa ry’umunyamakuru wa The Washington Post witwa Jamal Khashoggi wishwe Tariki 02, Ukwakira, 2018 ryabaye inkuru ikomeye ku isi. Hari inyandiko z’ibanga ziherutse gutangazwa zemeza ko...