Mu minsi mike ishize, hari abaturage bo mu Murenge wa Save babwiye itangazamakuru ko mu gusaranganya ibiribwa bigenewe abaturage bashonje, habayemo uburiganya, ibiribwa bihabwa abo bitagenewe....
Abenshi mu Banyarwanda bemeranya n’abo bagiye gushakana ko bazavanga umutungo kandi mu buryo busesuye. Akenshi biterwa n’imyumvire y’uko umwe muri bo ashobora kubona ko mugenzi we...
Minisiteri y’uburezi yatangaje uko abakoze ibizamini bya Leta bose hamwe bangana na 227.472 muri bo abatsinze ababitsinze ni abanyeshuri 206.286 bangana na 90.69%. Ni umubare wiyongereye...
Ni ibyagarutsweho n’abagize Inteko zishinga amategeko z’ibihugu by’Afurika y’i Burasirazuba bateraniye i Kigali mu nama izamara iminsi itatu. Basabye za Guverinoma kongerera ubuhinzi ingengo y’imari kugira...
Mu gihe isi yitegura kuzazirikana umunsi mpuzamahanga wahariwe abafite ubumuga, abafite ubwo kutabona bo muri Uganda basohorewe Kopi y’Itegeko nshinga ryanditswe mu nyandiko yabagenewe yitwa Braille....