Amateka ya Politiki hafi ku isi hose no mu bihe byose yerekanye ko abagabo basanganywe imbaraga nyinshi muri Politiki n’ahandi, iyo bageze imbere y’umugore zigabanuka cyane...
Kuri uyu wa Kabiri tariki 22, Kamena, 2021 Dr Daniel Ngamije yavuze ko nta makuru inzego z’ubuzima z’u Rwanda ziramenya y’uko ubwoko budasanzwe bwa COVID-19 buvugwa...
Ni imvugo abaturage b’u Bwongereza, u Bufarasansa, Amerika, Canada, U Buyapani… baraye babwiye abayobozi babo nyuma yo kubona amafoto barimo guhoberana nta gapfukamunwa, nta ntera bahanye…kandi...
Ubwo yatahaga imidugudu yagenewe abaturage batishoboye iri mu murenge wa Masaka mu kagari ka Ayabaraya, mu Murenge wa Masaka, Akarere ka Kicukiro, Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Hon...
Minisitiri w’ubuzima Dr Daniel Ngamije avuga ko kugira ngo ubuzima buzabe bwasubiye mu buryo, umwaka wa 2021 uzarangira harakingiwe Abanyarwanda miliyoni eshanu muri miliyoni zirindwi zagomba...