Perezida Kagame yavuze ko ingabo z’u Rwanda n’abapolisi bari mu butumwa bwo guhangana n’umutwe w’iterabwoba mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique ubu bagera hafi ku...
U Rwanda na Mozambique byasinyanye amasezerano y’ubufatanye, agamije kwihutisha iterambere ry’ubukungu binyuze mu bikorwa by’ubucuruzi n’ishoramari. Kuri uyu wa Gatatu Urwego rw’Iterambere u Rwanda (RDB) rwakiriye...
Hari amakuru atangazwa na Human Right Watch avuga ko abarwanyi ba Al Shabaab bari gutegura abana bazajya kugaba ibitero by’ubwiyahuzi ku ngabo zagiye muri Cabo Delgado...
Itangazo rigenewe itangazamakuru ryasohowe n’Ingabo ziri mu butumwa bwa SADC muri Mozambique bwiswe The Southern African Mission in Mozambique (Samim) rivuga ziherutse kwica ibyihebe 17 muri...
Mu ijambo yagejeje ku baturage ba Mozambique ubwo bizihizaga intsinzi yo kwigenga, Perezida Kagame wari umushyitsi mukuru muri uriya muhango yavuze ko nta kintu kizakoma imbere...