Abanyarwanda batatu baherutse gufatwa n’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, rubakurikiranyeho icyaha cyo gushinga umutwe w’abagizi ba nabi cyangwa kuwujyamo ndetse no kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya. Ibi...
Igisekuru cya gatanu cya Internet yihuta kurusha izindi muri iki gihe kitwa 5G cyatangiye gukoreshwa muri Kenya. Ibaye igihugu cya kabiri muri Afurika gikoresha iyi murandasi...
Ubwo Ikigo gitanga serivisi z’itumanaho n’ikorabuanga Airtel Rwanda cyamurikiraga itangazamakuru ibiro bishya bizafasha abakiliya bayo kubona serivisi zo guhererekanya amafaranga, umukozi wacyo yabwiye Taarifa ko mu...
Umunyarwanda witwa Rugasaguhunga Ruzindana yandikiye ibaruwa Ikigo gicuruza Serivisi z’itumanaho na murandasi, MTN, ayicisha kuri Twitter akinenga ko amaze Icyumweru adashobora gukoresha murandasi yaguze imuhenze, yabaza...
Ibaruwa yanditswe n’ubuyobozi bwa RURA bukiyoborwa na Lt Col Patrick Nyirishema ifite Ref, 1200 DG/LRA/ENF/RURA/020 yo ku itariki 03, Ukuboza, 2020 isaba Airtel gukuraho itangazo ryayo...