Visi Perezida w’Inteko ishinga amategeko, Umutwe w’Abadepite, Eda Mukabagwiza ashima uko Umujyi wa Kigali ‘wihatira’ gukemura ibibazo bibangamiye imibereho y’abawutuye. Hon Mukabagwiza yabivuze nyuma y’ingendo yafatanyijemo...
Abadepite bo mu Muryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa bavuga ko kuba Louise Mushikiwabo ateganya kongera kwiyamamariza kuwuyobora, bifite ishingiro kuko ibyo yabagejejeho n’ibyo ateganya mu gihe kiri...