Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryemeje ko Kiyovu SC ihanishwa kuzakina umukino utaha idafite abafana nk’igihano cyo kuba mu mukino wayihuje na Gasogi Utd bamwe...
Nyuma y’amagambo akomeretsa yakorewe umusifuzi mpuzamahanga w’Umunyarwandakazi witwa Rhadia Salma Mukansanga mu mpera z’icyumweru cyarangiye Taliki 22, Mutarama, 2023, FERWAFA yatangije iperereza kuri iki kibazo. Byabaye...
Mukansanga Salma Rhadia niwe mugore wo muri Afurika wa mbere wageze ku ntego yo gusifura umukino mu gikombe cy’isi cy’abagabo. Yabigezeho ubwo yasifuraga umukino waraye uhuje...
Mu Kinigi ku wa Gatanu Taliki 02, Nzeri, 2022 hazaba umuhango ngarukamwaka wo kwita amazina abana b’ingagi 20 baherutse kuvuka. Mu byamamare bizabita amazina harimo na...
Salma Mukansanga ubu wabaye icyamamare mu Rwanda n’ahandi ku isi nyuma y’uko ari we mukobwa( igitsina gore) usifuye mu gikombe cy’Afurika cy’amakipe y’ibihugu y’abagabo, yabwiye abakobwa...