Dr Thierry B.Murangira avuga ko mu gihe kingana n’umwaka, ni ukuvuga guhera muri Nyakanga, 2020 kugeza muri Kamena, 2021, Abanyarwanda 285 biyahuye. Ubusanzwe kwiyahura ni ikibazo...
Taliki 05, Nzeri, 2022, Ubugenzacyaha bwataye muri yombi abakozi bane barimo abakorera RSSB n’Umuyobozi Mukuru w’Ibitaro bya Mibirizi witwa Dr Nzaramba Théoneste. Abandi bafatanywe na Dr...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, ruherutse guta muri yombi uwitwa Dieudonné Ntihabose rumukurikiranyeho kwiyita ko ari umunyamakuru kandi mu by’ukuri ikinyamakuru akorera kitemewe mu Rwanda. Uyu mugabo...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, narwo rwitabiriye Imurikagurisha mpuzamahanga ribaye ku nshuro ya 25. Umuvugizi warwo Dr. Thierry B.Murangira avuga ko kumurikira abaturage serivisi RIB itanga ari...
Ubugenzacyaha bwataye muri yombi Umuyobozi w’Urwego rw’Igihugu rw’imiyoborere wungirije imukurikiranyeho icyo ibyaha by’ubwambuzi bushukana no gukoresha inyandiko mpimbano. Amakuru dufite avuga ko uriya mugabo hari abantu,...