Hashize amasaha macye Ikinyamakuru cyo mu Bwongereza cyitwa The Guardian gitangaje ko hari abantu 100 biganjemo abanditsi n’abandi basaba Perezida Paul Kagame kugira icyo akora umusizi...
Itangazo ryasohowe n’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha rivuga ko bidatinze, abakozi barwo bazajya bagaragara mu kazi bambaye impuzankano. Umuvugizi w’uru rwego mu kiganiro kihariye yahaye Taarifa yavuze ko...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, butangaza ko 4.5% by’amadosiye y’abo rukurikiranyeho ibyaha byakozwe hagati y’umwaka wa 2018 kugeza mu mwaka wa 2021 bagishakishwa. Hagati aho 61,3% by’abantu...
Reka duhere kuri Kaminuza avuga ko yizeho ubwayo. Ibya Kaminuza yitwa Atlantic International University umugabo uherutse gufungwa na RIB imukurikiranyeho impapuro mpimbano zirimo impamyabumenyi ihanitse(PhD) witwa...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, ruraburira abaturage bishyura bakoresheje amakarita (visa cards) kubera ubujura busigaye bubakorerwa. Ni ubujura buterwa n’uko hari abantu babona imibare ikoreshwa na ba...