Mu Murenge wa Nyange mu Karere ka Ngororero hari abaturage bavuga ko bakoze biteza imbere bityo ko ubuyobozi bw’aka Karere bwabavana mu Cyiciro cya Mbere cy’Ubudehe...
Mu Karere ka Muhanga hari inkuru ivuga ko abaturage bUbakiwe isoko banga kurirema. Iki ni kimwe mu byerekana ko umuturage w’u Rwanda yagombye kujya abanza kugishwa...
Nyuma y’akazi kamaze hafi iminsi ine abantu bakura mu muhanda ibitaka byinshi byamanuwe n’inkangu iheruka kubera mu muhanda uhuza Muhanga, Ngororero, Nyabihu ugana Rubavu, ubu wasubiye...
Ibikorwa byo gukura ibitaka byamanuwe n’inkangu yafunze umuhanda wa Muhanga-Ngororero- Nyabihu birakomeje. Icyakora abakozi bashoboye kuhakura ibitaka k’uburyo hari igihande kimwe cyawo cyabaye nyabagendwa. Umuvugizi wa...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane inkangu yaguye ifunga umuhanda uhuza Muhanga, Ngororero na Nyabihu( ahitwa Mukamira) kandi ni umuhanda ukoreshwa n’abacuruzi bavana ibicuruzwa mu...