Ubushinjacyaha bwasabye urukiko ko Charles Kayumba wari Umukuru w’Umudugudu, akaba afunganwe na Kayumba Innocent bita Kajerekani baregwa icyaha cyo gukubita umuntu bikamuviramo urupfu bakomeza gufungwa. Urukiko...
Umwe mu baganga bo mu Bitaro bya Nyanza yafunzwe n’Urwego rw’ubugenzacyaha akekwaho icyaha cyo gusambanya umwana wari wagiye kwa muganga ngo bamusuzume, avurwe. Uwo mwana afite...
Mu Karere ka Nyanza hari ahitwa mu Rukari. Ni ahantu hahoze hatuye Umwami Mutara Rudahigwa akaba yarahagize icyicaro cy’ubwami bwe. Muri iki gihe ni hamwe mu...
Mu bice bitandukanye by’Akarere ka Nyanza, Huye, Rwamagana, Gatsibo n’ahandi mu Rwanda, abaturage barataka inzara batewe n’amapfa yakuruwe n’imvura yaguye nabi. Bateye imbuto bizeye ko izera...
Mu Murenge wa Busasamana ahari Gare ya Nyanza haraye hapfiriye umusaza w’imyaka 56 wari waje gutega imodoka. Yahageze aricara arayitegereza ariko apfa ataramugeraho. UMUSEKE wanditse ko...