Finland na Sweden baherutse gusaba kwinjira mu Muryango wo gutabarana w’ibihugu bikora ku Nyanja ya Atlantique witwa OTAN/NATO. Byari mu buryo bwo gushaka amaboko mu rwego...
Inkuru ikomeye muri iki gihe ku byerekeye intambara imaze iminsi muri Ukraine ni uko hari ibiganiro hagati ya Kiev na Moscow bigamije guhagarika intambara. Ni ibiganiro...
Mu kiganiro cya mbere yahaye itangazamakuru kuva yaterwa n’u Burusiya, Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yavuze ko u Burusiya butagamije Ukraine gusa ahubwo ngo n’abaturanyi bayo...
Mu Cyumweru gitaha biteganyjijwe ko ba Minisitiri b’ingabo z’ibihugu 30 bigize Umuryango wo gutabarana witwa OTAN/NATO bazahura bakicara bakemeranya icyo bagomba gukora ku kibazo cy’u Burusiya...