Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane mu Burusiya witwa Sergueï Lavrov avuga ko ibimaze iminsi bitangazwa n’itangazamakuru ryo mu Burayi ku gice cy’i Burangerazuba by’uko Perezida Putin arwaye,...
Vladimir Putin aravugwaho kwitegura intambara yeruye irwaniye ku butaka, mu kirere no mu mazi igamije kwivuna Ukraine n’abayishyigikiye. Hari amakuru bamwe mu bahoze ari abasirikare bakomeye...
Hari ikinyamakuru gikorera kuri murandasi bivugwa ko gikorana na Leta y’u Burusiya cyatangaje ko mu Byumweru bine abasirikare b’iki gihugu bamaze mu ntambara muri Ukraine kimaze...
Inkuru ikomeye muri iki gihe ku byerekeye intambara imaze iminsi muri Ukraine ni uko hari ibiganiro hagati ya Kiev na Moscow bigamije guhagarika intambara. Ni ibiganiro...
Perezida wa Ukraine yatangaje ko igihugu cye cyavuye ku mugambi wo kuzajya mu Muryango wo gutabarana w’ibihugu by’i Burengerazuba bw’isi, OTAN/NATO. Ni icyemezo yatangaje ko cyafashwe...