Amakuru Taarifa yahawe n’umwe mu baturiye ibitaro by’Akarere ka Rubavu avuga ko hari imodoka yabuze feri[akurikije uko yabibonye] hanyuma igonga urukuta rw’irembo rwa biriya bitaro. Avuga...
Imirimo yo kurangiza kubaka isoko rya Gisenyi yongeye gutangira nyuma y’igihe kirekre cyane yarahagaze. Abacururiza muri kiriya gice bavuga ko niryuzura rizabafasha kubona ubwugamo bw’izuba n’imvura...
Abahanga muri Kaminuza yigisha iby’ubukerarugendo yitwa University of Technology, Tourism and Business Studies bavuga ko n’ubwo ruriya rwego rwazahajwe n’ingamba zo gukumira ubwandu bwa COVID-19, ariko...
Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi umusore w’imyaka 24 afite ibilo 33 by’urumogi, agiye kurucuruza mu baturage. Yafatiwe mu Karere ka Rubavu, Umurenge wa Bugeshi, aruvanye...
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi umuyobozi mu kigo gishinzwe umutekano HIGH SEC CO. LTD ushizwe abarinda Ibitaro bya Gisenyi n’Ishuri rya E.S Gisenyi mu Karere...