Umupolisikazi witwa Mukeshimana Claudine yaraye atemwe bikomeye n’abagizi ba nabi banamwambura ibyo yari afite. Byabereye mu Mudugudu wa Rusororo, Akagari ka Kirengeri, Umurenge wa Byimana mu...
Perezida Kagame yavuze ko ibyo yasezeranyije abaturage hari ibitarakorwa, ibyo yise ‘umwenda’ abafitiye. Icyakora ngo bamwihanganire araza kuwishyura. Umwenda yavugaga abereyemo abaturage ni uw’uko ubwo yiyamamazaga...
Kuri uyu wa Kane Taliki 25, Kanama, 2022 Perezida Kagame arasura kandi aganire n’abatuye Akarere ka Ruhango. Ni urugendo akoze nyuma y’igihe kirekire adasura abaturage kubera...
Mu Murenge wa Mwendo mu Karere ka Ruhango haravugwa umugabo witwa Charles Murwanashyaka ukekwaho kwica umugore we witwa Vestine Yankurije wari uje kumusaba amafaranga yo kwishyura...
Mu Mudugudu wa Kalima n’uwa Duwani mu Kagari ka Murama, Umurenge wa Bweramana mu Karere ka Ruhango hari abaturage babwiye itangazamakuru ko ubuyobozi bw’uyu Murenge buri...