Umuhanga mu mitekerereze ya muntu wagize uruhare runini mu kubaka imitima y’Abanyarwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi akaba n’intiti ikomeye Prof Pierre Rwanyindo Ruzirabwoba yatabarutse afite...
Fanfan Kayirangwa Rwanyindo wahoze ari Minisitiri w’abakozi n’umurimo muri Guverinoma y’u Rwanda yaraye ahererekanyije inyandiko n’uwo yasimbuye mu nshingano nshya mu Muryango mpuzamahanga uharanira inyungu z’abakozi,...
Ku rubuga rwa X rw’Umuryango mpuzamahanga wita ku bakozi n’umurimo, Madamu Rwanyindo Kayirangwa Fanfan yatangaje ko yishimiye gutangira inshingano nshya muri uyu muryango uhuriwemo ibihugu 187....
Rwanyindo Fanfan Kayirangwa wari usanzwe ari Minisitiri w’abakozi ba Leta n’umurimo mu Rwanda yahawe inshingano zo kuba umuyobozi wungirije w’Umuryango mpuzamahanga w’abakozi akaba n’Umuyobozi wawo ku...