Amarira ni menshi mu bice bitandukanye bya Senegal nyuma y’uko abantu 40 ari bo bamaze kubarurwa ko bahitanywe n’impanuka ya bisi ziherutse kugongana. Zimwe mu mpamvu...
I Banjul mu Murwa mukuru wa Gambia ubwoba ntiburashira mu baturage nyuma y’uko ku wa 21, Ukuboza, 2022 haburijwemo Coup d’état. Hagati aho hari abasirikare batawe...
I Banjul mu Murwa mukuru wa Gambia ibintu ntibirasobanuka nyuma y’uko ubutegetsi butangaje ko haburijwemo umugambi wo guhirika Perezida Adama Barrow. Nta muntu uratungwa agatoki ko...
Fodé Ndiaye wari uhagarariye UN mu Rwanda akaba asanzwe ari umuhanga mu by’ubuhinzi yaraye asezeye kuri Perezida wa Repubulika Paul Kagame kuko yarangije ikivi cye mu...
Ibiro by’Umukuru w’igihugu cya Senegal bitangaza ko Perezida Macky Sall yageze i Moscow mu Burusiya mu biganiro agomba kugirana na mugenzi we Vladmir Putin. Ari bumubwire...