Umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe z’Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Antony Blinken avuga ko yaraye ahuye na Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Felix Tshisekedi n’itsinda...
Ku rubuga rwe rwa Twitter, Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Leta zunze ubumwe z’Amerika witwa Antony Blinken yatangaje ko yaganiriye na Perezida Paul Kagame...
Mu mvugo yumvikanamo uburakari bwinshi, Perezida wa DRC Felix Tshisekedi yabwiye abanyacyubahiro bo mu gihugu cye yari yakiriye ku meza ko umwanzi wa mbere wa Repubulika...
Umukuru wa Kenya Dr. William Ruto aratangira uruzinduko muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bivugwa ko azagiranamo ibiganiro birambuye na mugenzi we uyobora iki gihugu witwa...
Perezida wa Angola João Manuel Goncalves Lourenço yaraye ahuye na mugenzi we uyobora Repubulika ya Demukarasi ya Congo Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo. Nyuma y’ibiganiro bagiranye mu...