Ubwo yakiraga mugenzi we uyobora Guinea Bissau uri mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi itatu, Perezida Kagame yamubwiye ko u Rwanda rwifuza gukomeza ubufatanye rufitanye na Guinea...
Ubwo yagiraga icyo abazwa ku izamuka ry’ibiciro rimaze iminsi ku isoko ry’u Rwanda harimo n’igiciro cy’isukari, Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda Béatha Habyarimana yavuze ko ku byerekeye isukari,...
Nyuma y’ibiganiro byagiye bitangirwa ariko bigapfuba, hari amakuru avuga ko inzego z’ubucuruzi hagati ya Kenya na Uganda zigiye gusubukura ibiganiro ku buhahirane bw’amata. Ni ibiganiro biteganyijwe...
Imibare itangazwa n’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ibarurishamibare, NISR, ivuga ko mu ntangiriro z’uyu mwaka(muri Mutarama, 2022) ibiciro byazamutse bikaba bigeze ku kigero cya 4.3% mu gihe...
Leta ya Kenya yasinyanye n’iy’u Bushinwa amasezerano y’uko izajya ibwoherereza amafi. Ni amasezerano yasinywe kuri uyu wa Kane hagati ya Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Bushinwa uri...