Tariki 29, Ugushyingo, 2021 i Dakar muri Senegal hatangiye Inama ihuza u Bushinwa n’Afurika, yitwa FOCAC. Ni inama iba buri myaka itatu, igamije kunoza umubano w’Afurika...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yabashije gukusanya miliyoni $620 binyuze mu gushyira ku isoko impapuro mpeshwamwenda mpuzamahanga (Eurobond), zizishyurwa mu gihe cy’imyaka 10. Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, Édouard Bamporiki, yahakanye ibyamuvuzweho ko yambuye umukozi muri ‘hotel ye’ , avuga ko we adacuruza. Kuri uyu wa Mbere...
Kubera umwenda uremereye cyane bifitiye u Bushinwa, ibihugu bimwe by’Afurika byatanze umutungo wabyo kamere ho ingwate ngo u Bushinwa buzawiyishyure. Aka wa mugani w’Abanyarwanda ngo’ Ukena...
Perezida Kagame yagaragaje ko ashyigikiye ko igihe cyo gusubika kwishyura amadeni ku bihugu biri mu nzira y’amajyambere cyongererwa kugira ngo birusheho guhangana n’ingaruka z’icyorezo cya COVID-19....