Guverinoma ya Israel iherutse guterana yibaza niba abatuye Isi batagombye kubanza gutekereza kabiri mbere yo gukingiza abaturage babo urukingo rwa Pfizer-BioNTech. Ni igitekezo cyazamuwe nyuma yo...
Nyuma y’igihe u Rwanda rwifashisha inkingo za Pfizer-BioNTech na AstraZeneca mu gukingira COVID-19, Minisiteri y’Ubuzima yemeje ko rwamaze no gutumiza iza Johnson & Johnson. Izi nkingo...
Umuryango w’ibihugu by’i Burayi waraye usinyanye na Guverinoma y’u Rwanda amasezerano yo gufasha u Rwanda mu rugendo rwo kubaka uruganda rukora inkingo. Nicola Bellomo uhagarariye uriya...
Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Ubuzima Dr Nsanzimana Sabin yavuze ko u Rwanda ruri mu biganiro n’abakora ibikoresho bipima COVID-19, ku buryo mu minsi mike ibiciro byo kwipimisha...
Minisitiri w’ubuzima Dr Daniel Ngamije avuga ko kugira ngo ubuzima buzabe bwasubiye mu buryo, umwaka wa 2021 uzarangira harakingiwe Abanyarwanda miliyoni eshanu muri miliyoni zirindwi zagomba...