Kuva Isi yabaho na ba maneko babayeho. Nta kuntu mu gisirikare wamenya amakuru y’abanzi bawe udashatsemo ibyitso ngo umenye uko bakora n’uburyo wabarusha amayeri ukabatanga, ukabaca...
Abantu umunani biganjemo abagore bakomoka ku mugabane wa Aziya bishwe barashwe mu bikorwa byabereye ahantu hatatu hatandukanye, umusore ukekwaho ubwo bwicanyi akaba yatawe muri yombi. Ubwo...
Umwe mu bakozi bakuru muri Ambasade ya Ethiopia muri USA iwtwa Berhane Kidanemariam yeguye ku mwanya we kubera icyo yise ibyaha bya Jenoside Guverinoma ye avuga...
I Nyamata mu Karere ka Bugesera, haguye ishyano ubwo abantu basangaga umurambo w’umusore w’imyaka 25 y’amavuko witwa Jean Paul Nsabigaba yiyahuye yimanitse. Amakuru dukesha abo mu...
Perezida wa USA Joe Biden yahaye umugore witwa Laura J. Richardson ipeti rya Jenerali w’inyenyeri enye. Byahuriranye n’uko kuri uyu wa 08, Werurwe, buri mwaka isi...