Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: The Ben Arataramira Abatuye Canada, Uburayi Na Uganda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

The Ben Arataramira Abatuye Canada, Uburayi Na Uganda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 January 2025 4:07 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
The Ben
SHARE

The Ben yatangaje imijyi itandukanye ateganya gutaramiramo irimo iyo muri Canada, mu Burayi no muri Uganda, ibitaramo bye bikazaba mu matariki atandukanye mu mezi ari imbere.

Azabanza muri Canada, ateho mu Bubiligi na Denamark arangirize ibitaramo bye muri Uganda.

Muri Canada azataramira i Montreal, hazaba ari tariki 14, Gashyantare, 2025, bucyeye ajye muri Ottawa, azakomereza mu Mujyi wa Toronto aho azataramira abawutuye tariki 21 Gashyantare, bucyeye bwaho arangiriz ibitaramo bye mu Mujyi wa Edmonton.

Nyuma ya Canada, azakomereza ibitaramo bye i Burayi, aho azahera mu Bubiligi mu gitaramo azafashwamo na Bwiza hakazaba ari tariki 8, Werurwe, 2025, nyuma abone gukomereza Copenhagen muri Denmark, asoreze ibitaramo bye muri Uganda ku wa 15, Gicurasi, 2025.

Ni ibitaramo byabimburiwe n’icyo aheruka gukorera mu Rwanda cyari mu rwego rwo kumurika alubumu yiswe  ‘Plenty love’.

TAGGED:CanadaIgitaramoThe BenUbubiligi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uburundi Burahakana Ko Nta Musirikare Wabwo Wafashwe Na M23
Next Article Dr. Mukankomeje Wayoboraga Inama Nkuru Y’Uburezi Yasimbujwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Ambasaderi Wa Brésil Atanga Ikizere Ko Visit Rwanda Izagera Iwabo

Hari Umwuka Mubi Hagati Ya DRC Na Zambia

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kamonyi: Imodoka Itwara Abagenzi Yakoze Impanuka Ikomeye

Guinée Equatoriale Yahinduye Umurwa Wayo Mukuru 

Amerika Yarashe Rwagati Muri Venezuela 

Karongi: Abo Mu Nkambi Ya Kiziba Nabo Bamaganye Ingengabitekerezo Iba i Kinshasa

Kirehe-Ngoma: Koperative Yejeje Umuceri None Uri Gupfa Ubusa

You Might Also Like

Imyidagaduro

Kenya: Inzovu Yari Ambasaderi W’Inzoga Yitwa Tusker Yapfuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Menya Ahaza Kurasirwa Ibishashi Birangiza 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Beyoncé Yabaye Undi Muhanzi Ufite Miliyari $1

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Igitaramo Cya Mbonyi Cyari Kuzabera i Rubavu Cyasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?