Connect with us

Ubukungu

U Rwanda Na Guinée Mu Bufatanye Mu By’Indege, Ubucuruzi N’Amahoteli

Published

on

Yisangize abandi

Guverinoma y’u Rwanda yagiranye amasezerano na Repubulika ya Guinée y’ubufatanye mu bwikorezi bwo mu kirere, ubukerarugendo n’ubucuruzi.

Mu isinywa ry’aya masezerano u Rwanda rwari ruhagarariwe n’Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’ibikorwaremezo Eng Patrice Uwase n’aho Guinée iharariwe na mugenzi we ushinzwe imirimo nk’iyo witwa Mr Félix Lamah.

Umubano w’u Rwanda na Guinée Conakry byatangiye umubano ubwo Perezida Kagame yasuraga mugenzi we witwa Mamady Doumbouya.

Nta makuru arambuye y’ibikubiye muri ariya masezerano aratangazwa.

Author

Copyright © 2020-2023 - Kinyarwanda Version