Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda ‘Rushobora’ Kuzasonera Umusoro Abarimu Bahembwa Make
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

U Rwanda ‘Rushobora’ Kuzasonera Umusoro Abarimu Bahembwa Make

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 May 2022 1:56 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’Imari n’igenamigambi Dr Uzziel Ndagijimana avuga ko hari Umushingwa w’Itegeko Minisiteri ayoboye yagejeje ku Nteko ishinga amategeko wo kureba niba abarimu bahembwa macye batasonerwa umusoro, bakajya bafata umushahara wose.

Ndagijimana yabivuze kuri uyu wa Kane ubwo yagezaga ku Nteko ishinga amategeko y’u Rwanda ingengo y’Imari y’umwaka utaha wa 2022/2023.

Dr Uzziel Ndagijimana yavuze ko hari umushinga uri kwigirwa mu Nteko wo gusonerwa abarimu bahembwa make, ku buryo bakurirwaho umusoro batanga bagafata umushahara wabo wuzuye bitewe n'ibiciro byazamutse ku isoko.

— Flash Radio & TV (@flashfmrw) May 19, 2022

Mu gusobonura iby’iyi ngengo y’Imari, Dr Uzziel Ndagijimana yavuze ko igenamigambi n’ingengo y’imari yayo, byakozwe hashingiwe kuri gahunda y’Igihugu yo kwihutisha iterambere.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yiswe NST1.

Minisitiri Uzziel yavuze ko ingengo y’imari igenewe ibikorwa by’ubuhinzi iziyongeraho 9.1% mu rwego rwo guhangana n’ibiciro byazamutse ku isoko.

Amafaranga ateganyijwe mu ngengo y’imari ya 2022/23 azagera kuri Miliyari 4,658.4 z’amafaranga y’u Rwanda, akaba aziyongeraho agera kuri Miliyari 217.8 bingana na 4.7% ugereranyije na Miliyari 4,440.6 ari mu ngengo y’imari ivuguruye y’uyu mwaka wa 2021/22. Amafaranga akomoka imbere mu gihugu azagera kuri Miliyari 2,654.9 z’amafaranga y’u Rwanda, bingana na 57% by’ingengo y’imari yose y’umwaka wa 2022/23.

Inkunga z’amahanga ziteganyijwe kugera kuri Miliyari 906.9 z’amafaranga y’u Rwanda bingana na 19.5% by’ingengo y’imari yose; naho inguzanyo z’amahanga zikazagera kuri Miliyari 651.5 z’amafaranga y’u Rwanda bingana na 23.5% by’ingengo y’imari yose.

Ku bijyanye n’uburyo amafaranga azakoreshwa mu ngengo y’imari y’umwaka wa 2022/2023, amafaranga ateganyijwe gukoreshwa mu ngengo y’imari isanzwe (Recurrent Budget) azagera kuri Miliyari 2,796.1 z’amafaranga y’u Rwanda bingana na 60% by’ingengo y’imari yose.

- Advertisement -

Amafaranga azakoreshwa mu mishinga y’iterambere (Development Budget) no mu ishoramari rya Leta (Net lending)  azagera kuri Miliyari 1,862.4 z’amafaranga y’u Rwanda bingana na 40% by’ingengo y’imari yose.

Gahunda z’ibikorwa biteganyijwe mu ngengo y’imari ya 2022/23 zatoranyijwe hashingiwe ku buryo zifasha kugera ku ntego z’iterambere twihaye nk’uko bikubiye muri gahunda ya Guverinoma yo kwihutisha iterambere, ndetse no guhangana n’ingaruka z’icyorezo cya COVID-19.

Habayeho kandi ibiganiro hagati ya Ministeri y’Imari n’Igenamigambi n’inzego zose za Leta, ku igenamigambi no ku ngengo y’imari by’umwaka wa 2022/2023 (Planning and Budgeting Consultations) kugira ngo humvikanwe ku bikorwa n’imishinga bizitabwaho mu mwaka wa 2022/23 ndetse no mu gihe giciriritse, mbere ko byemezwa n’Inama y’Abaminisitiri.

Amafaranga akaba yasaranganyijwe hagendewe ku nkingi eshatu za Gahunda  ya Guverinoma yo kwihutisha iterambere:

Intego nyamukuru y’inkingi yo kwihutisha iterambere ry’ubukungu ni ukwihutisha iterambere ry’ubukungu budaheza, bushingiye ku rwego rw’abikorera, ubumenyi n’umutungo kamere w’Igihugu.

Muri rusange  amafaranga ava imbere mu gihugu wongeyeho inguzanyo z’amahanga igihugu kizishyura afite uruhare rugera kuri 80.5% mu ngengo y’imari y’umwaka wa 2022/2023.

Minisitiri w’Imari n’igenamigambi, ku rundi ruhande, avuga ko hari imbogamizi babonye zishobora kuzabangamira ishyirwa mu bikorwa ry’ingengo y’Imari u Rwanda rwihaye.

Imbogamizi nyamukuru ni ingaruka z’icyorezo cya COVID-19 n’intambara y’u Burusiya na Ukraine k’ubukungu bw’Isi n’ubw’u Rwanda.

Nyuma yo gusobanurira abagize Inteko ishinga amategeko mu Rwanda ibikubiye mu mbanziriza mushinga y’ingengo y’imari ya 2022-2023, Intumwa za rubanda zabajije Minisitiri w’imari n’igenamigambi icyatumye batazamurira imishahara abakoze cyane cyane iy’abarimu ikiri mito.

Dr Ndagijimana yasubije ko hari umushinga uri kwigirwa mu Nteko wo gusonera umusoro abarimu bahembwa make k’uburyo bakurirwaho umusoro bakajya bafata umushahara wabo wuzuye.

Ngo ni mu buryo bwo kubafasha guhangana n’ibiciro byazamutse ku isoko muri iki gihe.

Minisitiri w’Imari n’igenamigambi Dr Uzziel Ndagijimana avuga ko hari Umushingwa w’Itegeko Minisiteri ayoboye yagejeje ku Nteko ishinga amategeko wo kureba niba abarimu bahembwa macye batasonerwa umusoro, bakajya bafata umushahara wose.

Ndagijimana yabivuze kuri uyu wa Kane ubwo yagezaga ku Nteko ishinga amategeko y’u Rwanda ingengo y’Imari y’umwaka utaha wa 2022/2023.

Mu gusobonura iby’iyi ngengo y’Imari, Dr Uzziel Ndagijimana yavuze ko igenamigambi n’ingengo y’imari yayo, byakozwe hashingiwe kuri gahunda y’Igihugu yo kwihutisha iterambere.

Yiswe NST1.

Minisitiri Uzziel yavuze ko ingengo y’imari igenewe ibikorwa by’ubuhinzi iziyongeraho 9.1% mu rwego rwo guhangana n’ibiciro byazamutse ku isoko.

Amafaranga ateganyijwe mu ngengo y’imari ya 2022/23 azagera kuri Miliyari 4,658.4 z’amafaranga y’u Rwanda, akaba aziyongeraho agera kuri Miliyari 217.8 bingana na 4.7% ugereranyije na Miliyari 4,440.6 ari mu ngengo y’imari ivuguruye y’uyu mwaka wa 2021/22. Amafaranga akomoka imbere mu gihugu azagera kuri Miliyari 2,654.9 z’amafaranga y’u Rwanda, bingana na 57% by’ingengo y’imari yose y’umwaka wa 2022/23.

Inkunga z’amahanga ziteganyijwe kugera kuri Miliyari 906.9 z’amafaranga y’u Rwanda bingana na 19.5% by’ingengo y’imari yose; naho inguzanyo z’amahanga zikazagera kuri Miliyari 651.5 z’amafaranga y’u Rwanda bingana na 23.5% by’ingengo y’imari yose.

Ku bijyanye n’uburyo amafaranga azakoreshwa mu ngengo y’imari y’umwaka wa 2022/2023, amafaranga ateganyijwe gukoreshwa mu ngengo y’imari isanzwe (Recurrent Budget) azagera kuri Miliyari 2,796.1 z’amafaranga y’u Rwanda bingana na 60% by’ingengo y’imari yose.

Amafaranga azakoreshwa mu mishinga y’iterambere (Development Budget) no mu ishoramari rya Leta (Net lending)  azagera kuri Miliyari 1,862.4 z’amafaranga y’u Rwanda bingana na 40% by’ingengo y’imari yose.

Gahunda z’ibikorwa biteganyijwe mu ngengo y’imari ya 2022/23 zatoranyijwe hashingiwe ku buryo zifasha kugera ku ntego z’iterambere twihaye nk’uko bikubiye muri gahunda ya Guverinoma yo kwihutisha iterambere, ndetse no guhangana n’ingaruka z’icyorezo cya COVID-19.

Habayeho kandi ibiganiro hagati ya Ministeri y’Imari n’Igenamigambi n’inzego zose za Leta, ku igenamigambi no ku ngengo y’imari by’umwaka wa 2022/2023 (Planning and Budgeting Consultations) kugira ngo humvikanwe ku bikorwa n’imishinga bizitabwaho mu mwaka wa 2022/23 ndetse no mu gihe giciriritse, mbere ko byemezwa n’Inama y’Abaminisitiri.

Amafaranga akaba yasaranganyijwe hagendewe ku nkingi eshatu za Gahunda  ya Guverinoma yo kwihutisha iterambere:

Intego nyamukuru y’inkingi yo kwihutisha iterambere ry’ubukungu ni ukwihutisha iterambere ry’ubukungu budaheza, bushingiye ku rwego rw’abikorera, ubumenyi n’umutungo kamere w’Igihugu.

Muri rusange  amafaranga ava imbere mu gihugu wongeyeho inguzanyo z’amahanga igihugu kizishyura afite uruhare rugera kuri 80.5% mu ngengo y’imari y’umwaka wa 2022/2023.

Minisitiri w’Imari n’igenamigambi, ku rundi ruhande, avuga ko hari imbogamizi babonye zishobora kuzabangamira ishyirwa mu bikorwa ry’ingengo y’Imari u Rwanda rwihaye.

Imbogamizi nyamukuru ni ingaruka z’icyorezo cya COVID-19 n’intambara y’u Burusiya na Ukraine k’ubukungu bw’Isi n’ubw’u Rwanda.

Ikindi kizagirana isano n’iki kibazo ni  izamuka rikabije ry’ibiciro.

Imihindagurikire y’ikirere  kuko ishobora kuzabangamira ubuhinzi igateza n’ibiza.

Icyakora Minisitiri Ndagijimana avuga ko kugira ngo bazirinde ibyago byaterwa n’impamvu zavuzwe haruguru, Leta izakomeza gushyira imbaraga mu mikoranire y’inzego zose, mu ikurikiranabikorwa n’isuzumabikorwa, ndetse n’igenzura rihoraho.

Intego izaba ari ukugira ngo  aho bizagaragara ko hari ibitagenda  neza hazafatwe  ingamba ndetse bikosorerwe igihe.

Nyuma yo gusobanurira abagize Inteko ishinga amategeko mu Rwanda ibikubiye mu mbanziriza mushinga y’ingengo y’imari ya 2022-2023, Intumwa za rubanda zabajije Minisitiri w’imari n’igenamigambi icyatumye batazamurira imishahara abakoze cyane cyane iy’abarimu ikiri mito.

Dr Ndagijimana yasubije ko hari umushinga uri kwigirwa mu Nteko wo gusonera umusoro abarimu bahembwa make k’uburyo bakurirwaho umusoro bakajya bafata umushahara wabo wuzuye.

Ngo ni mu buryo bwo kubafasha guhangana n’ibiciro byazamutse ku isoko muri iki gihe.

Mu gusobonura iby’iyi ngengo y’Imari, Dr Uzziel Ndagijimana yavuze ko igenamigambi n’ingengo y’imari yayo, byakozwe hashingiwe kuri gahunda y’Igihugu yo kwihutisha iterambere.

Yiswe NST1.

Minisitiri Uzziel yavuze ko ingengo y’imari igenewe ibikorwa by’ubuhinzi iziyongeraho 9.1% mu rwego rwo guhangana n’ibiciro byazamutse ku isoko.

Amafaranga ateganyijwe mu ngengo y’imari ya 2022/23 azagera kuri Miliyari 4,658.4 z’amafaranga y’u Rwanda, akaba aziyongeraho agera kuri Miliyari 217.8 bingana na 4.7% ugereranyije na Miliyari 4,440.6 ari mu ngengo y’imari ivuguruye y’uyu mwaka wa 2021/22. Amafaranga akomoka imbere mu gihugu azagera kuri Miliyari 2,654.9 z’amafaranga y’u Rwanda, bingana na 57% by’ingengo y’imari yose y’umwaka wa 2022/23.

Inkunga z’amahanga ziteganyijwe kugera kuri Miliyari 906.9 z’amafaranga y’u Rwanda bingana na 19.5% by’ingengo y’imari yose; naho inguzanyo z’amahanga zikazagera kuri Miliyari 651.5 z’amafaranga y’u Rwanda bingana na 23.5% by’ingengo y’imari yose.

Ku bijyanye n’uburyo amafaranga azakoreshwa mu ngengo y’imari y’umwaka wa 2022/2023, amafaranga ateganyijwe gukoreshwa mu ngengo y’imari isanzwe (Recurrent Budget) azagera kuri Miliyari 2,796.1 z’amafaranga y’u Rwanda bingana na 60% by’ingengo y’imari yose.

Amafaranga azakoreshwa mu mishinga y’iterambere (Development Budget) no mu ishoramari rya Leta (Net lending)  azagera kuri Miliyari 1,862.4 z’amafaranga y’u Rwanda bingana na 40% by’ingengo y’imari yose.

Dr Uzziel Ndagijimana ubwo yagezaga ku Nteko uko ingengo y’imari mu myaka itambutse yari imeze.

Gahunda z’ibikorwa biteganyijwe mu ngengo y’imari ya 2022/23 zatoranyijwe hashingiwe ku buryo zifasha kugera ku ntego z’iterambere twihaye nk’uko bikubiye muri gahunda ya Guverinoma yo kwihutisha iterambere, ndetse no guhangana n’ingaruka z’icyorezo cya COVID-19.

Habayeho kandi ibiganiro hagati ya Ministeri y’Imari n’Igenamigambi n’inzego zose za Leta, ku igenamigambi no ku ngengo y’imari by’umwaka wa 2022/2023 (Planning and Budgeting Consultations) kugira ngo humvikanwe ku bikorwa n’imishinga bizitabwaho mu mwaka wa 2022/23 ndetse no mu gihe giciriritse, mbere ko byemezwa n’Inama y’Abaminisitiri.

Amafaranga akaba yasaranganyijwe hagendewe ku nkingi eshatu za Gahunda  ya Guverinoma yo kwihutisha iterambere:

Intego nyamukuru y’inkingi yo kwihutisha iterambere ry’ubukungu ni ukwihutisha iterambere ry’ubukungu budaheza, bushingiye ku rwego rw’abikorera, ubumenyi n’umutungo kamere w’Igihugu.

Muri rusange  amafaranga ava imbere mu gihugu wongeyeho inguzanyo z’amahanga igihugu kizishyura afite uruhare rugera kuri 80.5% mu ngengo y’imari y’umwaka wa 2022/2023.

Minisitiri w’Imari n’igenamigambi, ku rundi ruhande, avuga ko hari imbogamizi babonye zishobora kuzabangamira ishyirwa mu bikorwa ry’ingengo y’Imari u Rwanda rwihaye.

Imbogamizi nyamukuru ni ingaruka z’icyorezo cya COVID-19 n’intambara y’u Burusiya na Ukraine k’ubukungu bw’Isi n’ubw’u Rwanda.

Ikindi kizagirana isano n’iki kibazo ni  izamuka rikabije ry’ibiciro.

Imihindagurikire y’ikirere  kuko ishobora kuzabangamira ubuhinzi igateza n’ibiza.

Icyakora Minisitiri Ndagijimana avuga ko kugira ngo bazirinde ibyago byaterwa n’impamvu zavuzwe haruguru, Leta izakomeza gushyira imbaraga mu mikoranire y’inzego zose, mu ikurikiranabikorwa n’isuzumabikorwa, ndetse n’igenzura rihoraho.

Intego izaba ari ukugira ngo  aho bizagaragara ko hari ibitagenda  neza hazafatwe  ingamba ndetse bikosorerwe igihe.

Nyuma yo gusobanurira abagize Inteko ishinga amategeko mu Rwanda ibikubiye mu mbanziriza mushinga y’ingengo y’imari ya 2022-2023, Intumwa za rubanda zabajije Minisitiri w’imari n’igenamigambi icyatumye batazamurira imishahara abakoze cyane cyane iy’abarimu ikiri mito.

Dr Ndagijimana yasubije ko hari umushinga uri kwigirwa mu Nteko wo gusonera umusoro abarimu bahembwa make k’uburyo bakurirwaho umusoro bakajya bafata umushahara wabo wuzuye.

Ngo ni mu buryo bwo kubafasha guhangana n’ibiciro byazamutse ku isoko muri iki gihe.

 

TAGGED:AbarimufeaturedImariMinisitiriNdagijimana
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abapolisi Bagiye Kujya Mu Butumwa Bw’Amahoro Bibukijwe Ibyo Kwirindwa
Next Article Indi Jenoside ‘Irashoboka’ Muri Ethiopia
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?