Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rwafunguye Ishuri Rikomeye Mu Buvuzi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

U Rwanda Rwafunguye Ishuri Rikomeye Mu Buvuzi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 October 2023 7:50 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubuyobozi muri Minisiteri y’ubuzima bufatanyije n’ubw’ikigo IRCAD bafunguye mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro ikigo abahanga mu buvuzi bwo kubaga indwara zo mu nda bazajya bakoreramo ubushakashatsi.

Ni cyo kigo cya mbere muri Afurika gifite iri koranabuhanga kandi hari Abanyarwanda batangiye kugihugurirwamo.

Prof Jacques Marescaux ukomoka mu Bufaransa akaba ari nawe  washinze iki kigo avuga ko ibigikorerwamo ntaho bitaniye n’ibikorerwa mu bindi bigo nkacyo hirya no hino ku isi harimo no muri Leta zunze Ubumwe z’Amerika.

Ati: “Twahisemo ko ibizakorerwa mu mashami yacu yose biba bimwe hose muri za IRCAD, ni kuvuga ngo amasomo bazajya biga hano ari ku rwego rumwe n’ibikorwa ku cyicaro gikuru, ikoranabuhanga rizajya ryifashishwa ni rimwe n’ibyo dukora muri Amerika ndetse n’ahandi hose.”

Prof Jacques Marescaux

IRCAD Africa y’i Masaka irimo  ibice bitandukanye ubariyemo icyumba cyo guhuguriramo abaganga biga kubaga hifashishijwe ikoranabuhanga.

Harimo n’aho bigira amasomo ajyanye n’ibyo kubaga, ibyumba byo gukoreramo ubushakashatsi ku ikoranabuhanga rigezweho n’ibindi.

Muri gahunda y’ibyo abaganga bazakorera muri iki kigo, harimo no gukoresha ibyuma byitwa robo bibaga umuntu mu gihe gito kandi neza.

Ku byerekeye u Rwanda, hari umwihariko w’uko muri IRICAD –Africa hari kunozwa umushinga wiswe ‘disrumpere’ wo kwiga uko ubuvuzi bwajya butangwa hakoreshejwe ubwenge karemano (AI).

Ishuri Rikomeye Ry’Ubushakashatsi Mu Buvuzi IRCAD- Africa

Intego ni ukugira ngo hajye haboneka amakuru yizewe mu gihe bavura.

Mu bakora uyu mushinga harimo n’Abanyarwanda.

TAGGED:AbanyarwandaAfurikafeaturedIkigoIkoranabuhangaIndwaraKicukiroMasaka
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rwaganiriye Na UN Ku Mutekano Mu Karere Ruherereyemo
Next Article Bugesera: Bamaze Iminsi Baboheye Inyuma
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Bigoranye Police FC Yakuye Ku Izima APR FC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Abantu Babiri Bananirwa Bate Kubana?-Kagame Abaza Abashakanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?