Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rwatsindiye Mozambique Muri Botswana
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

U Rwanda Rwatsindiye Mozambique Muri Botswana

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 September 2021 6:30 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuwa Kane tariki 09, Nzeri, 2021 ikipe y’u Rwanda y’umukino wa Cricket yakinnye n’iya Mozambique baharanira itike yo kuzitabira irushanwa ry’igikombe cy’isi kizabera muri Afurika y’Epfo mu mwaka wa 2023.

Uyu mukino wabereye muri Botswana.  Ku ikubitiro u Rwanda nirwo rwatsinze ibyitwa toss ni ukuvbuga guhitamo kubanza gukora ibyo bita kubolinga ni ukuvuga ‘kubanza gutera udupira ari nako babuza Mozambique gutsinda amanota menshi.

Ntibyasabye ikipe y’u Rwanda umwanya munini kuko muri Overs umunani gusa rwarirumaze gusohora abakinnyi bose ba Mozambique.

Muri Cricket icyo bita Over ni igihe umukinnyi ateye agapira akaganisha ku ruhande bahanganye bo ntibashobore kugakubita. Gusa amategeko ya cricket avuga ko overs zitandukana.

Igice cya mbere cyarangiye Mozambique imaze gutsinda amanota 16 gusa.

Igice cya 2 cyatangiye u Rwanda ari rwo rugiye kubatinga ni ukuvuga gukubita udupira unashyiraho amanota.

Rwasabwaga amanota 17 gusa.

Umunyarwandakazi niwe witwaye neza kurusha abandi

Gisèle Ishimwe na Sarah Uwamahoro nibo batangiye mu kibuga ku ruhande rw’u Rwanda, maze muri overs ebyiri gusa zingana n’udupira 12  bari bamaze gukuraho ikinyuranyo cyari cyashyizweho n’ikipe y’igihugu ya Mozambique.

Muri uyu mukino umukinnyi wabaye mwiza ni Muhawenimana Immaculée

TAGGED:CricketfeaturedIkipeMozambiqueRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Yahaye Abasirikare Batanu Ipeti Rya Colonel
Next Article Uko Byagenze Ngo Perezida Wa Guinée Ingabo Ze Zimufate Asinziriye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Umuti Meya Wa Muhanga Aha Ibibazo Biri Mu Ngo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?