Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubucuruzi Hagati Y’u Rwanda Na Ghana Bwongewemo Ikibatsi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Ubucuruzi Hagati Y’u Rwanda Na Ghana Bwongewemo Ikibatsi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 October 2022 11:07 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

U Rwanda ruri mu bihugu birindwi by’Afurika bigiye gutangira gucuruzanya hagati yabyo mu rwego rwo kureba umusaruro  uzava mu bucuruzi bw’ibihugu by’Afurika bihuje isoko, ibyo bita African Continental Free Trade Area (AfCFTA).

Kimwe mu bihugu bizakorana n’u Rwanda muri iyi kiciro ni Ghana.

Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe iterambera, RDB, cyateguye inama nyunguranabitekerezo iri kubera muri Ghana.

Intego yayo ni ugushyiraho uburyo bw’imikoranire irambye kugira ngo abikorera ku giti cyabo na Leta z’ibihugu byombi barushaho kuzuzanya no kunguka.

Muri aya nama, harasinywa amasezerano bita Memorandum of Understanding( MoU), imwe mu ngingo ziyakubiyemo ikaba ari uko abacuruzi bo mu Rwanda bagomba gutangira kohereza ibicuruzwa byabo i Accra mu gihe kitarambiranye.

Ibigo byo muri Ghana bizakorana n’ibyo mu Rwanda binyuze mu bufatanye bita Business 2 Business (B2Bs.)

Imicururizanye hagati y’u Rwanda na Ghana si bwo igitangira.

Hashize imyaka itatu ibihugu byombi bikorana, ariko amasezerano yasinywe kuri iyi nshuro, akaba ari agamije kongera ikibatsi muri uyu mubano.

RDB n’Ihuriro nyarwanda ry’abikorera ku giti cyabo, PSF, batangiye gukorana na Ghana mu mwaka wa 2020.

Ni ubufatanye mu bucuruzi hagati ya Kigali na Accra

Icyakora birumvikana ko COVID-19 hari ibyo yakomye mu nkokora.

Muri Kamena,  2021, RDB  hamwe n’Ikigo cya Ghana gishinzwe iterambere basinyanye amasezerano yo guteza imbere ubuhinzi bwa Cocoa.

Si iki gihingwa gusa, kuko Ghana ishaka gukorana n’u Rwanda mu iterambere rya byinshi birimo ubuhinzi n’ubucuruzi bw’indabo, amata n’ibiyakomokaho, ikawa, ubuki, n’ibindi.

U Rwanda kandi rurashaka gukorana na Ghana mu uguteza imbere izindi nzego z’ubukungu zirimo ikoranabuhanga muri byinshi nko mu rwego rwo kwishyurana, ikoranabuhanga mu by’amabanki, ubukerarugendo n’ibindi.

Mu gihe u Rwanda rushaka koherereza Ghana ibyo twavuze haruguru, iki gihugu nacyo kirashaka koherereza Abanyarwanda ibikomoka ku buhinzi ngo babibyaze umusaruro mu nganda zabo.

Ibyo ni nk’imyembe.

Hari n’ibindi birimo ibikorwamo imyenda urugero nk’ibitenge bite Kente.

Kitenge ni umwambaro gakondo w’abanya Ghana

Ni ibitenge bifatwa nk’umwihariko w’Abanya Ghana nk’uko imikenyero n’imyitero ari gakondo y’Abanyarwanda.

Iki gihugu cya Nkwame Nkhrumah kizajya cyoherereza u Rwanda ibikoresho bibyazwa imibavu cyangwa ibikomoka ku biribwa nka chocolat.

Chocolat ikorwa muri cacao.

TAGGED:featuredGhanaRDBRwandaUbucuruzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Muri Miliyoni 562 Z’Abafite MoMo Muri Afurika, 161 Nizo Zikoreshwa Bihoraho-Raporo
Next Article Rubavu: Mu Ijoro Rimwe Urubyiruko 29 Rukekwaho Ubujura Rwafashwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?