Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubufaransa Bufite Minisitiri W’Intebe Mushya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ubufaransa Bufite Minisitiri W’Intebe Mushya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 January 2024 3:36 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Gabriel Attal wari usanzwe ari Umuvugizi wa Guverinoma y’Ubufaransa yabaye Minisitiri w’Intebe asimbuye Elisabeth Borne waraye weguye.

Gabriel Attal afite imyaka 34  y’amavuko.

Attal ni Umufaransa ukomoka ku Bayahudi bavukiye muri Tunisia, akaba asanzwe aba mu ishyaka rya Renaissance.

Muri Guverinoma ya Emmanuel Macron yakoze muri Minisiteri zitandukanye harimo iy’uburezi n’izindi.

Umwihariko afite ni uko ari we Minisitiri w’Intebe w’Ubufaransa wa mbere muto cyane kuko afite imyaka 34 y’amavuko, akaba ari nawe wemera ko aryamana n’uwo bahuje igitsina.

Abafaransa bategereje kureba abo Gabriel Attal ari bwemeze ko baza muri Guverinoma nshya ari bushyireho abemeranyijeho na Perezida Emmanuel Macron.

Elisabeth Borne yaraye yeguye

Umuvugizi wa Guverinoma y’Ubufaransa yahise aba Olivier Véran, uyu akaba asanzwe ari umuganga ubaga ubwonko n’indwara burwara.

Olivier Véran
TAGGED:AttalEmmanuelfeaturedGabrielIntebeMacronMinisitiriPerezida
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Isuku Y’Umutwe W’Abana Niyo Biyemeje Gushoramo Imari
Next Article Kagame Asanga u Rwanda Rusangiye Na Jordanie Indangagaciro Y’Iterambere
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Urugo Rwa Azarias Ruberwa Rwatewe

Abaturage 354,000 Bagiye Guhabwa Amazi Meza

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?