Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubufaransa Bufite Minisitiri W’Intebe Mushya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ubufaransa Bufite Minisitiri W’Intebe Mushya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 January 2024 3:36 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Gabriel Attal wari usanzwe ari Umuvugizi wa Guverinoma y’Ubufaransa yabaye Minisitiri w’Intebe asimbuye Elisabeth Borne waraye weguye.

Gabriel Attal afite imyaka 34  y’amavuko.

Attal ni Umufaransa ukomoka ku Bayahudi bavukiye muri Tunisia, akaba asanzwe aba mu ishyaka rya Renaissance.

Muri Guverinoma ya Emmanuel Macron yakoze muri Minisiteri zitandukanye harimo iy’uburezi n’izindi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Umwihariko afite ni uko ari we Minisitiri w’Intebe w’Ubufaransa wa mbere muto cyane kuko afite imyaka 34 y’amavuko, akaba ari nawe wemera ko aryamana n’uwo bahuje igitsina.

Abafaransa bategereje kureba abo Gabriel Attal ari bwemeze ko baza muri Guverinoma nshya ari bushyireho abemeranyijeho na Perezida Emmanuel Macron.

Elisabeth Borne yaraye yeguye

Umuvugizi wa Guverinoma y’Ubufaransa yahise aba Olivier Véran, uyu akaba asanzwe ari umuganga ubaga ubwonko n’indwara burwara.

Olivier Véran
TAGGED:AttalEmmanuelfeaturedGabrielIntebeMacronMinisitiriPerezida
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Isuku Y’Umutwe W’Abana Niyo Biyemeje Gushoramo Imari
Next Article Kagame Asanga u Rwanda Rusangiye Na Jordanie Indangagaciro Y’Iterambere
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?