Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uburundi Bwafunze Abanyarwanda Barenga 50
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Uburundi Bwafunze Abanyarwanda Barenga 50

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 January 2024 9:27 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’uko Uburundi bwanzuye gufunga imipaka yose yo ku butaka busangiye n’u Rwanda, hari amakuru avuga ko hari Abanyarwanda 38 bafungiye muri Komini Mugina n’abandi 12 bafungiye muri Komini Rugombo, mu Ntara ya Cibitoke iri mu Mujyaruguru ashyira Uburengerazuba bw’Uburundi.

SOS Medias Burundi ivuga ko abafungiye muri Mugina ari Abanyarwanda bari bamaze igihe batuye mu Burundi.

Ikindi ni uko ku wa Kane no ku wa Gatanu w’iki Cyumweru kiri kirangira, hari Abanyarwanda 46 birukanywe mu Burundi.

Hari n’abandi bivugwa ko bafungiwe muri Komini Mabayi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Amakuru avuga ko Imbonerakure ari zo ziri gufata no gufunga Abanyarwanda zikoranye n’abapolisi b’Uburundi.

Ibi bivuzwe nyuma y’uko Miinisitiri w’umutekano mu Burundi Martin Niteretse yari amaze iminsi mike atangaje ko nta Munyanyarwanda n’umwe bashaka ku butaka bw’Uburundi.

Martin Niteretse, Minisitiri w’umutekano mu Burundi

Niteretse yaboneyeho gusaba abayobozi ba Provinces zose gukora ibarura ry’abanyamahanga baba mu Burundi, hagasuzumwa niba bafite ibyangombwa bibemerera kuhaba.

Hagati aho, hari Abanyarwanda baherutse kubwira RBA ko bashushubikanyijwe bavanywe aho babaga mu Burundi bazanwa mu Rwanda nta kintu bazanye, bamwe bahawe imyambaro n’ababagiriye impuhwe.

Abo kandi bari mu byiciro bitandukanye by’imyaka y’ubukure.

- Advertisement -

U Rwanda ruherutse gusaba Uburundi kutazagirira nabi Abanyarwanda, ahubwo rukazabaha uburyo bwo gutaha iwabo mu mahoro.

Alain Mukuralinda yabwiye itangazamakuru ko Uburundi nibuhohotera Abanyarwanda buzabibazwa.

Alain Mukuralinda

Ku ruhande rwarwo, u Rwanda ruvuga ko nta Murundi ruzahohotera, ko Abarundi bafite ubwisanzure mu Rwanda, ko bakwiye kuryama bagasinzira.

TAGGED:AbanyarwandaBurundifeaturedImipakaMukuralinda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gicumbi: Inkuba Yakubitiye Abakinnyi Mu Kibuga, Babiri Bararembye
Next Article Inama Y’Umushyikirano 2024 Izibanda Cyane Ku Bumwe Bw’Abanyarwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?