Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uburyo Bushya Bw’Ikoranabuhanga Bugenewe Abaganga Bo Mu Rwanda Mu Guhana Ubumenyi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Uburyo Bushya Bw’Ikoranabuhanga Bugenewe Abaganga Bo Mu Rwanda Mu Guhana Ubumenyi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 July 2022 6:32 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Leta y’u Rwanda n’iy’u Buyapani biherutse gutangira imikoranire mishya ishingiye k’ikoranabuhanga u Buyapani bwahaye abaganga bo mu Rwanda bwo kuzabafasha guhanahana amakuru ku barwayi n’uburyo bugezweho bwo kubavura.

Ubu buryo bw’ikoranabuhanga babwise ‘JOIN.’

Ku ruhande rw’u Rwanda ubu buryo bwashyikirijwe Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima, RBC, kibuhawe n’Ikigo cy’Abayapani gishinzwe iterambere mpuzamahanga, JICA.

Ikigo cy’Abayapani cyatanze iri koranabuhanga kitwa Allm Inc.

Umuyobozi wacyo witwa Teppei SAKANO avuga ko bahisemo gutangiriza mu Rwanda iri koranabuhanga rigeze muri Afurika bwa mbere kubera ko rwerekanye ubushake n’ubushobozi mu gukoresha ikoranabuhanga mu ngeri nyinshi harimo n’urwego rw’ubuzima.

Ati: “ Ni ikoranabuhanga rya mbere ryo muri uru rwego rizanywe muri Afurika, tukaba twararitangirije muri Rwanda kuko rwerekanye ubushake n’ubushobozi mu guteza imbere urwego rw’ubuzima. Ni ikoranabuhanga rifite akamaro mu gutuma urwego rw’ubuzima rukora neza kandi rigafasha mu kudasohora amafaranga menshi mu mikorere y’urwego rw’ubuzima.”

The Director General Prof. @CMuvunyi received a delegation from JICA and Allm company to launch and discuss implementation of a survey on acute disease tele-medecine network systemto improve lifesaving rate pic.twitter.com/KObyc9yPFU

— Rwanda Biomedical Centre (@RBCRwanda) June 27, 2022

Bukoresha ikonabuhanga ryitwa JOIN rikoresha ubwenge bwahanzwe na muntu bita Artificial Intelligence n’icyuma cy’ikoranabuhanga bita IoT device.”

Umuyobozi wa RBC witwa Prof. Claude Mambo Muvunyi avuga ko yizeye ko ririya koranabuhanga rizafasha u Rwanda kwegereza abaturage serivisi z’ubuzima aho batuye mu cyaro kandi rikazazamura ubushobozi bw’abaganga.”

Uhagarariye JICA mu Rwanda witwa Shin MARUO nawe avuga ko uriya ari undi musanzu bashyizeho mu gufasha u Rwanda guteza imbere urwego rwarwo rw’ubuzima binyuze mu mikoranire na RBC.

Ni umushinga uzashyirwa mu bikorwa mu myaka itatu, ukazagirwamo uruhare n’abaganga bo mu Bitaro bitandukanye bwo mu Mujyi wa Kigali no mu bigo nderabuzima by’aho.

Teppei SAKANO

Ikoranabuhanga mu buvuzi ni ingenzi kuko rifasha mu kugabanya ibyago byo guhitanwa n’uburwayi kubera intera igabanya umurwayi n’umuganga kandi n’ikiguzi kikaba gito.

Guhanahana amakuru mu baganga ni ingenzi

 

TAGGED:BuyapanifeaturedIkoranabuhangaJICARBCRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gen Kabarebe Asobanura Uko Bacitse Uganda Bakaza Kubohora u Rwanda
Next Article Umuco Wo Kudahana Watije Umurindi Jenoside Yakorewe Abatutsi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ish Kevin Yinjiye Mu Bufatanye N’Ikigo Gikomeye Gicuruza Umuziki Ku Isi

CNDD-FDD Ishima Ibyo Yagejeje Ku Gihugu, Abayirwanya Bakayinyomoza

Afghanistan: Umutingito Wishe Abantu 600

BK Ikora Ite Ngo Yunguke?

DRC: Abantu 16 Bashimuswe Na CODECO

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwandair Yaguze Izindi Ndege Ngari 

Rwamagana:Uwahoze Ari Umunyamakuru Wa Radio Agiye Kwishingira Iye

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Perezida Wa Mozambique Yatangiye Uruzinduko Mu Rwanda

Meteo Rwanda Irateguza Imvura Irimo Inkuba Mu Gihugu Hose

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

Kwihaza Mu Biribwa Muri Afurika Biracyari Kure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Abavandimwe Alicia Na Germaine Bakoze Indirimbo Bizeyeho Byinshi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kubaka Urugomero Rwa Nyabarongo Bizatuma Havuka Ikiyaga Kizakora Ku Turere 8

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Nyagatare: Batashye Isoko Risakaye Bari Barifuje Igihe Kirekire

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?