Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubuyobozi Bwa Gakenke Buvuga Ko Kuboneza Urubyaro Bihagaze Neza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'Abaturage

Ubuyobozi Bwa Gakenke Buvuga Ko Kuboneza Urubyaro Bihagaze Neza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 June 2021 3:11 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gakenke buvuga ko ubukangurambaga bwakoze mu myaka ishize byatumye abaturage bumva ko kubyara ukuzuza isi bitagifite agaciro bitewe n’ibihe abantu barimo.

Umuyobozi w’Akarere ka Gakenke ushinzwe imibereho myiza y’abaturage Madamu Jacqueline Uwimana avuga ko ubu kubona urubyaro bihagaze ku gipimo cya 55%.

Hari mu kiganiro bwahaye abanyamakuru bifuzaga kumenya niba ubwiyongere bw’abana babyarwa n’ababyeyi bafite ubukene butarushaho kongerera abaturage ubukene.

Uwimana yavuze ko ababyeyi bo muri Gakenke muri rusange bigishijwe ko iyo umuryango ubyaye abo ushoboye kurera ari bwo ushobora kwizigamira kandi ibibazo byo gusangira ibike no kwitana ibisambo bikagabanuka.

Umwe mu bagore bo mu murenge wa Nemba muri Gakenke witwa Bonifride akaba ashinzwe n’ubuzima muri uyu murenge avuga ko iyo urebye imibare usanga mu myaka ine ishizwe, umubare w’imbyaro waragabanutse.

Ibi ngo byagizwemo uruhare n’abagore basobanukiwe akamaro ko kutabyara benshi ndetse bakabifashwamo n’abagabo babo.

Umugore witwa Françoise Mukazayire avuga abavuga ko abana ari amaboko bibeshya kuko ibya kera atari byo by’ubu.

Ubu ngo amaboko ni abana bake ariko bize, bakarerwa neza, bagakura neza.

Akarere ka Gakenke gafite imirenge 19; utugari  97 n’imidugudu 617.

Gakenke ituwe n’abaturage barenga  338.586  k’ubucucike bw’abaturage (Population density) 481 kuri  Km2 imwe (481Pop/Km2 ) muri bo igitsina gore

kingana na 53% by’abaturage bose b’Akarere naho igitsina gabo kingana na

47% by’abaturage bose baturiye Akarere ka Gakenke.

Ababyeyi bo muri Gakenke ngo bamenye akamaro ko kuboneza urubyaro
TAGGED:AbaturageAkarerefeaturedGakenkeKubonezaUrubyaro
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umunyamabanga Mukuru W’Ishyaka Riyobora U Burundi Yasuye Tanzania
Next Article Umuyobozi w’Inyeshyamba “Zishe” Abarinzi 19 Ba Pariki Ya Virunga Yafashwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gakenke: Polisi Na RDF Bateye Ibiti 2000 Bivangwa N’Imyaka

Alexis Dusabe Azakoresha Igitaramo Azashimiramo Imana Aho Imugejeje

PM Nsengiyumva Ashima Ko Ubukucuzi Bw’Amabuye Y’Agaciro Bwahaye Akazi Abantu 92,000

Bidatinze U Rwanda Ruratangira Gukoresha Ifaranga Koranabuhanga- BNR

Putin Arahura N’Umujyanama Wa Trump Bongere Kuganira Kuri Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Ikipe Y’u Rwanda Ya Basketball Yakubiswe Incuro Ku Mukino Wa Mbere Ugana Ku Gikombe Cy’Isi

Tshisekedi Hari Ibyo Avuga Ko Atazasinyira i Washington

Ofisiye Ba Israel Bategetswe Gukoresha Mu Kazi iPhones Gusa 

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

You Might Also Like

Mu Rwanda

Murigande Muri Sena, Kayitesi Muri MINAFFET,…Impinduka Muri Guverinoma Y’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

BNR Ivuga Ko Ubukungu Bw’u Rwanda Bukomeje Guhagarara Neza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

RBC Iributsa Urubyiruko Kwisuzumisha Rukamenya Uko Ruhagaze Ku Bwandu Bwa SIDA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubutabera

Ruhango: Urwego Rw’Umuvunyi Rwasanze Mu Miryango Higanje Ibibazo By’Izungura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?