Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uganda: Abaturage Baje Gutora Ariko Kwirinda COVID-19 Biragoye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Uganda: Abaturage Baje Gutora Ariko Kwirinda COVID-19 Biragoye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 January 2021 8:36 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Uyu munsi barahitamo hagati ya Museveni na Kyagulanyi
SHARE

Amafoto atangwa n’abanyamakuru bari i Kampala arerekana abaturage bagiye ku biro by’amatora gutora Umukuru w’Igihugu n’Abadepite batonze imirongo miremire, bageranya cyane k’uburyo kwirinda COVID-19 binyuze mu guhana intera bidashoboka.

Hari bamwe batambaye udupfukamunwa, abandi batwambaye nabi kandi bahagaze begeranye.

Perezida Museveni aherutse kuvuga ko ubwo yiyamamazaga yazengurutse igihugu cyose kandi abaturage baje kumva imigabo n’imigambi ye babaga bari mu mimerere itatuba banduzanya kiriya cyorezo.

Yanenze abandi bakandida batakurikije amabwiriza y’inzego z’ubuzima ngo babuze abayoboke babo kwegerana cyane kugira ngo batanduzanya COVID-19.

Bisa n’aho yashakaga kuvuga Hon Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bobi Wine.

Abayoboke be biganjemo urubyiruko kandi nibo bigeze kuvugwaho ko batubahiriza amabwiriza yo kwirinda COVID-19 ndetse icyo gihe Polisi yavuze ko igomba gukora uko ishoboye  bakayubahiriza uko byagenda kose.

Bobi Wine yabwiye Citizen TV ko amakuru yahawe n’indorerezi ndetse n’aho yagiye aca yerekana ko hari ibiro by’amatora bitafunguriye igihe, ahandi impapuro z’itora zirabura.

Yanenze Leta yakuyeho murandasi, abaturage bakaba bari mu bwigunge.

Kwirinda COVID-19 ugiye mu matora biragoye
Mu gipangu abaturage barabyigana
Intera ya metero iragoye
TAGGED:AbaturageAmatoraBobifeaturedUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uganda Amatora Yatangiye, Murandasi Ntikora
Next Article KICUKIRO: Umubiri wataburuwe washyizwe muri stock y’inkwi || Yishwe muri Jenocide yakorewe Abatutsi.
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingwe: Inyamaswa Ibayeho Icunganwa N’Intare

Guinée: Bidasubirwaho Mamadi Doumbouya Yatsinze Amatora

Asanga Hakwiye Kujyaho Itorero ‘Ryihariye’ Ry’Abagabo

Menya Ahaza Kurasirwa Ibishashi Birangiza 2025

Muhanga: Umunyamategeko Yakatiwe Gufungwa Imyaka 15

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Jean-Pierre Bemba Arasabwa Kwegura

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

Polisi Yafashe Abibaga Abatuye Ikirwa Cya Nkombo

Kirehe: Abimuwe Kubera Urugomero Rwa Rusumo Bagiye Gutaha Inzu Nshya

Bunyoni Ararembye

You Might Also Like

Mu Rwanda

Rutaremara Agaya Ababyeyi Bahariye Abayaya Uburere Bw’Abana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abanyeshuri Barasubira Ku Ishuri Guhera Kuri Uyu Wa Gatandatu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Guinée: Doumbouya Yatsinze Amatora 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Beyoncé Yabaye Undi Muhanzi Ufite Miliyari $1

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?