Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uganda Igiye Kwagura Ibikorwa Bya Gisirikare Muri DRC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Uganda Igiye Kwagura Ibikorwa Bya Gisirikare Muri DRC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 June 2025 8:19 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Abasirikare bakuru ba DRC n'aba Uganda mu ifoto rusange.
SHARE

Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo yatangaje ko yemeranyije n’iya Uganda binyuze mu ngabo zayo ko Kampala yagura ibikorwa byayo bya gisirikare bikagera mu Ntara ya Ituri, mu Mujyi wa Beni ndetse no muri Kasindi na Butembo muri Kivu ya Ruguru.

Iyo mikoranire izaba igamije gutuma ibyo bice bitekana kugira ngo ibikorwaremezo biri kuhubakwa bikorwe mu mudendezo.

Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda General Muhoozi Kainerugaba n’abamwungirije bageze muri DRC mu masaha ashize baganira na bagenzi babo bo mu ngabo z’iki gihugu kuri iyo ngingo.

Abo basirikare barimo na Lt Gen Muhanga wayoboye itsinda rya mbere ry’ingabo za Uganda ryagiye muri DRC mu myaka mike ishize kuhirukana abarwanyi ba ADF.

Gen Muhanga(iburyo) aganira na mugenzi we muri iriya nama.

Hari mu rwego rwo gutuma imihanda Uganda iri kubakira DRC yubakwa mu mutuzo kandi ikazagera ku ntego zatumye yubakwa.

Amasezerano yaraye avuguruwe akanashyirwaho umukono hagati y’ingabo z’ibihugu byombi, avuga ko ingabo za Uganda, ku bufatanye n’iza DRC mu bintu bimwe na bimwe, zizagura ibikorwa bya gisirikare byo kwirukana abo barwanyi no mu bice bya Mambasa n’ahandi.

Itangazo rihuriweho n’impande zombi rivuga ko inama itaha izahuriza abayobozi b’izi ngabo i Kampala muri Uganda mu gihe gito kiri imbere.

TAGGED:ADFCongoDRCInamaKivuMuhoozi KainerugabaUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Ubumenyi Bw’Icyongereza Mu Barimu Buracagase
Next Article Diamond: Umuhanzi Wa Mbere Muri Afurika Ufite Abantu Miliyoni 10 Kuri YouTube
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?