Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uko Ibiciro Bishya By’Ibikomoka Kuri Petelori Biteye Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbukungu

Uko Ibiciro Bishya By’Ibikomoka Kuri Petelori Biteye Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 August 2024 12:13 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli byatangajwe kuri uyu wa Gatatu 07, Kanama, 2024, ariko biza gutangira gushyirwa mu bikorwa saa moya za nimugoroba (07h00) bivuga ko litiro imwe ya lisansi ari Frw 1629 naho imwe ya mazutu ikagura Frw 1,652.

Litiro ya lisanse yari isanzwe igeza kuri Frw 1663, bikaba bigaragaza igabanuka rito kuri iki giciro.

Mazutu yo yaguraga Frw 1652.

Ibi biciro byaherukaga gushyirwaho muri Kanema, 2024.

Umwe mu bamotari yabwiye Taarifa ko nubwo ari igabanuka rito, ariko rizagira icyo rifasha kuko nta faranga rike ribaho.

Leta y’u Rwanda ishyira nkunganire ku giciro cy’ibikomoka kuri petelori kugira ngo kitaremerera ‘cyane’ umuguzi.

Kubera ko u Rwanda rudacukura ibikomoka kuri petelori, rubitumiza hanze bikaruhenda.

Icyakora ruri kubaka ibigega byabyo bihagije ku buryo ruzagira ubushobozi bwo kwihaza kuri ibi bintu nkenerwa by’agaciro kanini mu gihe byaba byabuze muri rusange henshi ku isi.

TAGGED:featuredIbiciroPetelori
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abapolisi 100 Ba DRC Bahungiye Muri Uganda
Next Article Putin Ashyigikiye Ko Iran Irasa Israel Ikirinda Guhitana Abaturage
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Abanywera Urumogi Muri Gereza Baburiwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

General Kabandana Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?