Umubare W’Abahitanywe N’Ibiza Mu Rwanda ‘Wiyongereye’

Imibare mishya yatangajwe kuri uyu wa Gatandatu taliki 13, Gicurasi, 2023 na Minisitiri ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi igaragaraza ko ku bantu 131 bari baratangajwe ko ari bahitanywe n’ibiza, hiyongereyeho abandi bane baba 135.

Hagati aho kandi hari umuntu waburiwe irengero.

Itangazo rivuga ko abantu 110 ari bo bakomeretse, abandi bagera kuri 13 bakaba bakiri mu bitaro.

Inzu zasenyutse ni 5,963, naho abantu 20,326 bavanywe mu byabo.

- Advertisement -
Imibare mishya ya MINEMA
Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version