Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umugabo ‘Wari Uhitanye’ Perezida Wa Mali Yapfuye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umugabo ‘Wari Uhitanye’ Perezida Wa Mali Yapfuye

Last updated: 26 July 2021 10:20 am
Share
SHARE

Leta ya Mali yatangaje ko umugabo washinjwaga ko mu cyumweru gishize yagerageje gutera icyuma Perezida w’inzibacyuho Colonel Assimi Goïta, yapfiriye mu bitaro.

Uwo mugabo utatangajwe amazina yatawe muri yombi ubwo yafatwaga akekwaho ko yari agiye gutera icyuma Perezida Goïta, ubwo yari mu musigiti ku munsi mukuru wa Eid al-Adha.

Itangazo rya leta ya Mali ryavuze ko nyuma yo gufungwa, uriya mugabo ubuzima bwe bwarushijeho kuba bubi, akajyanwa mu bitaro ari naho yaguye.

Ntabwo hasobanurwa niba ari ibikomere yatewe mu kumufata byatumye apfa cyangwa niba ari ikindi kibazo cy’ubuzima yagize.

Colonel Goïta yahiritse ubutegetsi bwa Mali inshuro ebyiri kuva muri Kanama 2020, ahereye ku bwa Perezida Ibrahim Boubacar Keita.

Muri Gicurasi nabwo Goïta wari visi perezida w’inzibacyuho yafunze Perezida Bah N’Daw na Minisitiri w’Intebe Moctar Ouane, abaziza guhindura abagize guverinoma batamugishije inama, igikorwa yise gushaka guhungabanya inzibacyuho.

Baje kwegurira muri gereza, ahita aba Perezida w’inzibacyuho.

 

 

TAGGED:Colonel Assimi GoïtaMali
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ingabo Zacu N’Iz’U Rwanda Ziri Guhashya Umwanzi’- Perezida Nyusi Wa Mozambique
Next Article Kugerageza Kwivura COVID-19 Bishobora Gusiga Ubundi Burwayi Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

You Might Also Like

Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu mahanga

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Macron Mu Ihurizo Ryo Kubona Minisitiri W’Intebe Uhamye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ubufaransa: Minisitiri W’Intebe Utarumazeho Ukwezi YEGUYE

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?