Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umugabo ‘Wari Uhitanye’ Perezida Wa Mali Yapfuye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umugabo ‘Wari Uhitanye’ Perezida Wa Mali Yapfuye

admin
Last updated: 26 July 2021 10:20 am
admin
Share
SHARE

Leta ya Mali yatangaje ko umugabo washinjwaga ko mu cyumweru gishize yagerageje gutera icyuma Perezida w’inzibacyuho Colonel Assimi Goïta, yapfiriye mu bitaro.

Uwo mugabo utatangajwe amazina yatawe muri yombi ubwo yafatwaga akekwaho ko yari agiye gutera icyuma Perezida Goïta, ubwo yari mu musigiti ku munsi mukuru wa Eid al-Adha.

Itangazo rya leta ya Mali ryavuze ko nyuma yo gufungwa, uriya mugabo ubuzima bwe bwarushijeho kuba bubi, akajyanwa mu bitaro ari naho yaguye.

Ntabwo hasobanurwa niba ari ibikomere yatewe mu kumufata byatumye apfa cyangwa niba ari ikindi kibazo cy’ubuzima yagize.

Colonel Goïta yahiritse ubutegetsi bwa Mali inshuro ebyiri kuva muri Kanama 2020, ahereye ku bwa Perezida Ibrahim Boubacar Keita.

Muri Gicurasi nabwo Goïta wari visi perezida w’inzibacyuho yafunze Perezida Bah N’Daw na Minisitiri w’Intebe Moctar Ouane, abaziza guhindura abagize guverinoma batamugishije inama, igikorwa yise gushaka guhungabanya inzibacyuho.

Baje kwegurira muri gereza, ahita aba Perezida w’inzibacyuho.

 

 

TAGGED:Colonel Assimi GoïtaMali
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ingabo Zacu N’Iz’U Rwanda Ziri Guhashya Umwanzi’- Perezida Nyusi Wa Mozambique
Next Article Kugerageza Kwivura COVID-19 Bishobora Gusiga Ubundi Burwayi Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?