Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyarwanda Yatorewe Kuyobora Ikigo Nyafurika Cy’Amasoko Y’Imigabane
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Umunyarwanda Yatorewe Kuyobora Ikigo Nyafurika Cy’Amasoko Y’Imigabane

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 December 2022 12:40 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Pierre Celestin Rwabukumba utorewe kuyobora Ikigo Nyafurika cy’ibigo by’amasoko y’imigabane kitwa Africa Securities Exchange Association.

Rwabukumba asanzwe ikigo nyarwanda cy’amasoko y’imigabane kitwa Rwanda Stock Exchange gikorera mu Mujyi wa Kigali.

Inama y’ubutegetsi y’Ikigo Nyafurika cy’amasoko y’imigabane niyo yaraye yemeje ko Rwabukumba ayibera Perezida mu matora yabeye Abidjan muri Côte d’Ivoire.

Rwabukumba yashimiye abamutoye avuga ko mu kazi ke azakorana imbaraga zose n’umwete kugira ngo azamure kiriya kigo.

Ati: “ Ndashima abangiriye icyizere bakantorera kuyobora iki kigo kandi mbijeje kuzakigeza ku ntego cyihaye mfatanyije n’abagize itsinda tuzakorana.”

Pierre Celéstin Rwabukumba yari asanzwe ayobora ishami rishinzwe kwamamaza ibikorwa, baryita marketing department.

TAGGED:featuredIkigoRwabukumbaUbucuruzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC: Abantu 169 Bahitanywe N’Inkangu
Next Article Indege Y’Imizigo Ya RwandAir Yakoze Urugendo Rwayo Rwa Mbere Ipakiye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Abana Bafite Ubumuga Baracyahishwa Mu Ngo

UN Yemeza Ko Nta Nzara ‘Ikomeye’ Ikiri Muri Gaza

Umunya Iraq Wahoze Ari Impunzi Yatorewe Kuyobora UNHCR

Rusizi: Hafatiwe Uvugwaho Gusiga Yishe Sewabo Wagaba i Rulindo

Abavoka Basaba Ruswa Batokoza Ubutabera- Mukantaganzwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

M23 Yemeye Kuva Muri Uvira Ariko Igira Ibyo Isaba…

MINAGRI Yemeje Urwego Rwemerewe Kwita Ku Mbuto

Guinée-Bissau: Inshuti Y’Uwahoze Ari Perezida Yafatiwe Mu Ndege Afite Ivarisi Yuzuye Amafaranga

Ruhango: Bakurikiranyweho Kwica Urubozo Uwo Bafitanye Isano

Tshisekedi Arashaka Ubufasha Bwa Gisirikare Bwa Angola

You Might Also Like

Ubukungu

Ibishanga Bya Kigali Biri Gutunganywa Bizatahwa Muri Kamena 2026-REMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Kagame Yibukije Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Ko Ruswa Ikiri Ikibazo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Rwanda:Abagore Bakina Shampiyona Y’Umupira W’Amaguru Banenga Imisifurire

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Ntizemerewe Gucumbikirwa Mu Miryango 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?