Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umupaka Uhuza Uganda Na DRC Ugiye Gusubirwamo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Umupaka Uhuza Uganda Na DRC Ugiye Gusubirwamo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 September 2024 8:30 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru atangwa na bamwe mu bagize Komisiyo tekiniki y’abahanga bo muri Uganda n’abo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo avuga ko hari raporo yamaze kunonosorwa yo gusubiramo imiterere y’umupaka uhuza ibyo bihugu.

Umurongo uzabiganya, nk’uko Radio Okapi izindutse ibyandika, uzaba ufite ibilometero 71 ku ruhande rw’umupaka uva ku musozi wa Sabinyo kugeza aho Pariki ya Bwindi igabanira n’iya Sarambwe zombi zikaba izo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

Iki gice kandi giherereye ku Burasirazuba bwa Teritwari ya Rutshuru.

Visi Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru witwa Romuald Ekuka Lipopo avuga ko ibikubiye muri iyo raporo ivuga iby’uyu mupaka ari ibintu bishimishije kandi bizatuma umubano hagati ya Kampala na Kinshasa uba mwiza.

Icyakora nta makuru aratangazwa ku ngengo y’imari izakoreshwa kugira ngo iby’uwo mupaka bishyirwe mu bikorwa uko byakabaye.

Hagati aho amakuru avuga ko iyo raporo nirangiza kunonosorwa neza, izashyikirizwa Abakuru b’Ibihugu byombi bakayiga, buri wese ukwe, mbere y’uko bemeza ko ishyirwa mu bikorwa yose.

TAGGED:CongoDemukarasifeaturedImariIngengoUgandaumupaka
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gicumbi: Yakubise Ishoka Umugabo We Bapfa Impano Bahawe Mu Bukwe
Next Article Menya Ibice By’Umujyi Wa Kigali Byugarijwe N’Ibiza By’Imvura
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Urugo Rwa Azarias Ruberwa Rwatewe

Abaturage 354,000 Bagiye Guhabwa Amazi Meza

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?