Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umupaka Uhuza Uganda Na DRC Ugiye Gusubirwamo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Umupaka Uhuza Uganda Na DRC Ugiye Gusubirwamo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 September 2024 8:30 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru atangwa na bamwe mu bagize Komisiyo tekiniki y’abahanga bo muri Uganda n’abo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo avuga ko hari raporo yamaze kunonosorwa yo gusubiramo imiterere y’umupaka uhuza ibyo bihugu.

Umurongo uzabiganya, nk’uko Radio Okapi izindutse ibyandika, uzaba ufite ibilometero 71 ku ruhande rw’umupaka uva ku musozi wa Sabinyo kugeza aho Pariki ya Bwindi igabanira n’iya Sarambwe zombi zikaba izo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

Iki gice kandi giherereye ku Burasirazuba bwa Teritwari ya Rutshuru.

Visi Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru witwa Romuald Ekuka Lipopo avuga ko ibikubiye muri iyo raporo ivuga iby’uyu mupaka ari ibintu bishimishije kandi bizatuma umubano hagati ya Kampala na Kinshasa uba mwiza.

Icyakora nta makuru aratangazwa ku ngengo y’imari izakoreshwa kugira ngo iby’uwo mupaka bishyirwe mu bikorwa uko byakabaye.

Hagati aho amakuru avuga ko iyo raporo nirangiza kunonosorwa neza, izashyikirizwa Abakuru b’Ibihugu byombi bakayiga, buri wese ukwe, mbere y’uko bemeza ko ishyirwa mu bikorwa yose.

TAGGED:CongoDemukarasifeaturedImariIngengoUgandaumupaka
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gicumbi: Yakubise Ishoka Umugabo We Bapfa Impano Bahawe Mu Bukwe
Next Article Menya Ibice By’Umujyi Wa Kigali Byugarijwe N’Ibiza By’Imvura
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?