Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umupaka Uhuza Uganda Na DRC Ugiye Gusubirwamo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Umupaka Uhuza Uganda Na DRC Ugiye Gusubirwamo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 September 2024 8:30 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru atangwa na bamwe mu bagize Komisiyo tekiniki y’abahanga bo muri Uganda n’abo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo avuga ko hari raporo yamaze kunonosorwa yo gusubiramo imiterere y’umupaka uhuza ibyo bihugu.

Umurongo uzabiganya, nk’uko Radio Okapi izindutse ibyandika, uzaba ufite ibilometero 71 ku ruhande rw’umupaka uva ku musozi wa Sabinyo kugeza aho Pariki ya Bwindi igabanira n’iya Sarambwe zombi zikaba izo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

Iki gice kandi giherereye ku Burasirazuba bwa Teritwari ya Rutshuru.

Visi Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru witwa Romuald Ekuka Lipopo avuga ko ibikubiye muri iyo raporo ivuga iby’uyu mupaka ari ibintu bishimishije kandi bizatuma umubano hagati ya Kampala na Kinshasa uba mwiza.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Icyakora nta makuru aratangazwa ku ngengo y’imari izakoreshwa kugira ngo iby’uwo mupaka bishyirwe mu bikorwa uko byakabaye.

Hagati aho amakuru avuga ko iyo raporo nirangiza kunonosorwa neza, izashyikirizwa Abakuru b’Ibihugu byombi bakayiga, buri wese ukwe, mbere y’uko bemeza ko ishyirwa mu bikorwa yose.

TAGGED:CongoDemukarasifeaturedImariIngengoUgandaumupaka
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gicumbi: Yakubise Ishoka Umugabo We Bapfa Impano Bahawe Mu Bukwe
Next Article Menya Ibice By’Umujyi Wa Kigali Byugarijwe N’Ibiza By’Imvura
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?