Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umusaza W’Imyaka 81 Yasunikiye Umugore We Mu Nyanja Arapfa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umusaza W’Imyaka 81 Yasunikiye Umugore We Mu Nyanja Arapfa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 November 2022 10:25 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Buyapani haravugwa inkuru y’umusaza w’imyaka 81 y’amavuko wasunikiye umugore we bari bamarane imyaka 40 mu Nyanja bituma amira nkeri arapfa. Nawe yari umukecuru w’imyaka 79 y’amavuko witwa Teruko n’aho umusaza bari barashakanye we yitwa Hiroshi Fujiwara.

Fujiwara yabwiye  Polisi y’u Buyapani ko yari arambiwe gukomeza kwita kuri uwo mukecuru wari waramaze kumugazwa n’izabukuru bituma agendera ku igare ry’abafite ubumuga.

U Buyapani ni cyo gihugu cya mbere ku isi kigira abaturage baramba kurusha ibindi.

Biterwa ahanini n’uburyo abagituye babana, imirire yabo ndetse n’urwego rw’imibereho yabo ruri hejuru cyane.

Bavuga ko u Buyapani ari cyo gihugu cya gatatu gikize ku isi kuko habanza Leta zunze ubumwe z’Amerika, hagakurikiraho u Bushinwa, hakaza u Buyapani bugakurikirwa n’u Budage, ubu Budage bukaba ari bwo bwa mbere bukize mu bihugu byose bigize u Burayi.

TAGGED:BuyapaniInyanjaKurambaUbumugaUbuzima
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article BBC Irashinjwa Kwibasira Abayahudi
Next Article Ghana: Abaturage Barasaba Perezida Wabo Kwegura Nta Mananiza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?