Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umusaza W’Imyaka 81 Yasunikiye Umugore We Mu Nyanja Arapfa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umusaza W’Imyaka 81 Yasunikiye Umugore We Mu Nyanja Arapfa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 November 2022 10:25 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Buyapani haravugwa inkuru y’umusaza w’imyaka 81 y’amavuko wasunikiye umugore we bari bamarane imyaka 40 mu Nyanja bituma amira nkeri arapfa. Nawe yari umukecuru w’imyaka 79 y’amavuko witwa Teruko n’aho umusaza bari barashakanye we yitwa Hiroshi Fujiwara.

Fujiwara yabwiye  Polisi y’u Buyapani ko yari arambiwe gukomeza kwita kuri uwo mukecuru wari waramaze kumugazwa n’izabukuru bituma agendera ku igare ry’abafite ubumuga.

U Buyapani ni cyo gihugu cya mbere ku isi kigira abaturage baramba kurusha ibindi.

Biterwa ahanini n’uburyo abagituye babana, imirire yabo ndetse n’urwego rw’imibereho yabo ruri hejuru cyane.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Bavuga ko u Buyapani ari cyo gihugu cya gatatu gikize ku isi kuko habanza Leta zunze ubumwe z’Amerika, hagakurikiraho u Bushinwa, hakaza u Buyapani bugakurikirwa n’u Budage, ubu Budage bukaba ari bwo bwa mbere bukize mu bihugu byose bigize u Burayi.

TAGGED:BuyapaniInyanjaKurambaUbumugaUbuzima
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article BBC Irashinjwa Kwibasira Abayahudi
Next Article Ghana: Abaturage Barasaba Perezida Wabo Kwegura Nta Mananiza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?