Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umushahara Wa Mirafa mu Yindi Kipe Yo Muri Zambia Wikubye Kabiri
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Umushahara Wa Mirafa mu Yindi Kipe Yo Muri Zambia Wikubye Kabiri

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 February 2021 12:27 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nizeyimana Mirafa wahoze muri Rayon Sports akaba asanzwe akina hagati yaraye asinyE amasezerano y’imyaka ibiri (2) muri Zanaco FC yo muri Zambia. Azajya ahembwa byikube kabiri ayo yari yarijejwe muri Napsa Stars.

Yabwiye Taarifa ko yageze muri Napsa FC asanga nta kindi bakora uretse kumuzirika ku katsi. Umukozi we umufasha gushakisha ikipe( agent) yamugiriye inama yo gushakira ahandi, baza kubona umwanya muri Zenaco FC.

Mbere y’uko asinya muri Zenaco FC yagombaga kubanza gutegereza uruhushya rwagombaga gutangwa na Rayon Sports kugira ngo yemererwe kugurana ikipe kuko iyo yari yagiyemo hari amasezerano yari ifitanye na Rayon Sports.

Amakuru yavugaga ko Napsa Stars yumvikanye na Nizeyimana Mirafa ko  azagurwa 20.000$, kuko yari agifite amasezerano ya Rayon Sport ya yagombaga yo kuyiha  7000$.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Kuwa Kane tariki 04, Gashyantare, 2021 nibwo uruhushya rwamugezeho bityo aba yugururiwe amarembo.

Zanaco FC  ni ikipe yashinzwe mu 1985, ikinira ku kibuga cyitwa Sunset Stadium.  Yatwaye ibikombe birindwi bya Shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Zambiya  ni ukuvuga kuva  (2002, 2003, 2005, 2006, 2009, 2012, 2016) n’igikombe kimwe cy’igihugu.

Yakinnye imikino y’amatsinda ya Champions League muri 2017.

 

Uko amakipe ya Zambia yirinda COVID-19…

- Advertisement -

Mirafa avuga ko mu rwego rwo kurinda ko abakinnyi bo muri Zambia bandura cyangwa bakanduza bagenzi babo COVID-19, bapimwa iki cyorezo kabiri mu Cyumweru.

Ati: “ Inaha badupima iki cyorezo kabiri mu Cyumweru kandi uyigaragaweho ahita ashyirwa mu kato.”

Ikindi kiriyo kandi kihariye ni uko abafana b’aho bajya kureba umupira bambaye agapfukamunwa.

Nizeyimana Mirafa  ni umusore w’imyaka 25.

Yakiniye  amakipe atandukanye hano mu gihugu harimo Marines FC yakiniye kuva 2012 kugeza 2014 ayivamo yerekeza muri  Etincelles FC yakiniye kuva 2014 kugeza 2016.

Muri 2016 yerekeje Police FC kuva  2016 kugeza 2018, ahava ajya  muri  APR FC n’aho ahamara umwaka umwe akomereza muri Rayon Sports.

TAGGED:MirafaNizeyimanaRayonZambia
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RAB ‘Iravugwamo’ Akarengane Kakorewe Abakozi 200
Next Article Perezida Kagame Aratanga Raporo Kuri Komisiyo ya AU
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

APR FC Yatsinze Rayon Iyirusha Bifatika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Rayon Igiye Kongera Kumvana Imitsi Na APR

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Atlético de Madrid Yinjiye Muri Visit Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

APR BBC , UGB Na Dolphin BBC Ya Uganda Yabonye Intsinzi Mu Mikino Yo Kwibuka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?