Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umwami W’Abazulu Ari Gukomakoma Ngo Amahoro Agaruke
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umwami W’Abazulu Ari Gukomakoma Ngo Amahoro Agaruke

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 July 2021 9:21 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
NONGOMA, SOUTH AFRICA - MAY 07: Prince Misuzulu Zulu was named as the new Zulu King. (Photo by Gallo Images/Sunday Times/ Sandile Ndlovu)
SHARE

Mu ijambo yagejeje ku batuye KwaZulu Natal Umwami w’Abazulu witwa Misuzulu kaZwelithini yasabye abatuye buriya bwami koroherana, bagahagarika imidugararo imaze iminsi ica ibintu mu mijyi itandukanye harimo na Johannesburg..

Umwami Misuzulu kaZwelithini avuga ko gusahura no gutwika amaduka atari bwo buryo bwiza bwo kwerekana abantu batishimiye kuba Jacob Zuma yarafunzwe.

Ati: “ Kuva napfusha ababyeyi banjye nibwo bwa mbere mbonye abo mu bwoko bwacu batwikira igihugu ku manywa y’ihangu.”

Ubwo yagezaga ku baturage be, umwami  Misuzulu yari kumwe na Minisitiri we w’Intebe witwa Mangosuthu Buthelezi wamufashaga mu kugeza ijambo kuri bariya baturage.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ku rundi ruhande ariko, avuga ko kuba abantu bakennye kandi bakaba badafite akazi biri mu bituma hari abaturage bakora ibikorwa by’urugomo.

Kugeza ubu imidugararo imaze igihe muri Afurika y’Epfo imaze kugwamo abaturage barenga 70.

TAGGED:AbaturageAfurikafeaturedMisuzuluUmwami
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Lionel Messi Azaguma Muri Barcelona Yemere Ahembwe Macye
Next Article Mbungiramihigo Wayoboye Inama Nkuru Y’Itangazamakuru Yashimye Kagame Wamwibutse
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gasabo: Hafashwe Abanigaga Abantu Bakabambura

Uwahoze Muri RDF Akurikiranyweho Ibyaha Byo Mu Mabuye y’Agaciro

UN N’u Rwanda Mu Bufatanye Bufite Agaciro Ka Miliyari $1

Nduhungirehe Mu Nama Ihuza Afurika N’Uburayi

Hagiye Kongera Kwibukwa Imiryango Y’Abatutsi Yazimye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

Nyarugenge: Imodoka Ya WASAC Yibwe

Nyagatare: Haravugwa Kotsa Burushete Z’Imbwa 

Hatangajwe Ifoto Yemewe Ya Papa Lewo XIV

BNR Mu Ngamba Zo Kurushaho Guteza Imbere Ikoranabuhanga Mu Kwishyurana

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Kamerthe Ntashira Amakenga Iby’Amasezerano Y’Amahoro Ya DRC N’u Rwanda 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Zahabu Igiye Kuba Indi Mari Ibitswe Muri BNR

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ese Elon Musk Yavanywe Mu Nkoramutima Za Trump?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Iperereza Ryakorwaga Kuri Agathe Kanziga Ryarangiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?