Connect with us

Ibyamamare

Umwe Mu Bashinze Itsinda UB40 Yapfuye

Published

on

Isangize abandi

Terence Wilson wamaye nka Astro, akaba umwe mu bashinze itsinda ryamenyekanye cyane mu njyana ya Reggae, UB40, yitabye Imana azize uburwayi yari amaranye igihe gito.

Iri tsinda ryakunzwe cyane mu myaka ya 1980 mu ndirimbo zirimo ‘Red Red Wine’, ‘Can’t Help Falling In Love’ n’izindi. Yitabye Imana ku myaka 64.

Terence Wilson ‘Astro’ yabaye muri UB40 kugeza mu 2013, mbere yo gushinga itsinda rishya.

Iri tsinda ryashinzwe mu mwaka wa 1978.

Author

Click to comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Copyright © 2020-2023 - Kinyarwanda Version